Ubuzima: ½ cy’abatuye Isi ntibabona intungamubiri zihagije
Ubushakashatsi bwa ‘The Lancet Global Health’ bugaragaza ko kimwe cya kabiri cy’abatuye isi batarya intungamubiri zihagije mu mafunguro ya buri munsi bafata. Nk’uko ubu bushakashatsi […]
Ubushakashatsi bwa ‘The Lancet Global Health’ bugaragaza ko kimwe cya kabiri cy’abatuye isi batarya intungamubiri zihagije mu mafunguro ya buri munsi bafata. Nk’uko ubu bushakashatsi […]
Bamwe mu bahinzi b’ibirayi bo kuri site ya Kigarama mu Karere ka Rulindo barashima Caritas ya Diyosezi ya Byumba ikomeje kubafasha mu bijyanye no gutubura […]
Abaturage batujwe n’Akarere ka Muhanga kubwo kutagira aho kuba, barashimira ubuyobozi bw’akarere bwabahinduriye ubuzima bakaba bakataje mu nzira y’iterambere. Abatujwe ni abataragiraga aho kuba n’abari […]
Ikipe y’ingabo z’igihugu cy’ u Rwanda y’abagore yegukanye Igikombe cya Rwanda Cup ku nshuro ya mbere itsinze REG W BBC amanota 72 kuri 59. Ni […]
Abacururiza n’abagurira mu isoko rya Nyabisindu riherereye mu Karere ka Muhanga bavuga ko babangamiwe no kuba iri soko ritavuguruye kuko bituma ubuhahirane bidakorwa uko bikwiye. […]
Kamonyi District Vice Mayor in Charge of Economic Affairs, Mr. Uzziel Niyongira, has announced that there is hope for the Amayaga region to regain its […]
Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Kamonyi ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu Bwana Niyongira Uzziel aratangaza ko hari icyizere cy’uko amayaga azongera agatoha kubera umushinga ‘Green Amayaga’. Bwana Niyongira […]
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu (RHA) gishinzwe imiturire butangaza ko hari bamwe mu baturage bakomeje kwinangira bakaba badashaka guca ukubiri n’isakararo rya Fibro Sima (Asbestos). Ibi bigarukwaho […]
Kuri uyu wa Kane tariki ya 19, 2024, Ibiro bya Papa bishinzwe amahame y’ukwemera byatanze uburenganzira ku bakristu Gatolika bwo gukomeza kujya gusengera mu gace […]
On September 19, 2024, the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) hosted an inspiring session with the Ministry of ICT and Innovation, alongside the Hanga Hubs […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS