• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Ubutumwa bw’Umwepiskopi wa Kabgayi ku Munsi Mukuru wa Pasika 2025

April 20, 2025 ICK News 0

« Nimugire amahoro… Ubwo bwoba mufite ni ubw’iki? » (Lk 24, 36.38) Bakristu bavandimwe, Pasika nziza ! Kristu yazutse koko, Alleluia ! I.Nimugire amahoro Indamukanyo ya Yezu Kristu wazutse […]

Basketball: Patriots yongeye gutsikira ikomeza gutakaza amahirwe yo gukina playoffs

April 19, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Patriots BBC ikomeje gutakaza amahirwe yo kuzaba mu makipe azakina imikino ya nyuma ya kamparampaka (Playoffs). Ni nyuma yo gutakaza umukino w’ikirarane batsinzwemo na Kepler […]

Abiga itangazamakuru barasabwa kwimakaza ihame ry’uburinganire mu nkuru batangaza

April 19, 2025 Ushizimpumu Olivier 0

Abanyeshuri 20 bo mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na East African University Rwanda (EAUR) bari mu mahugurwa ku gutara no gutangaza inkuru zijyanye […]

RFA irashaka ibiti bivangwa n’imyaka muri buri murima

April 19, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba (RFA) n’abafatanyabikorwa bacyo bahagurukiye kubungabunga ubutaka bwibasirwa n’isuri no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere. Ibi bazabigeraho bageza ibiti bivangwa n’imyaka ahari ubutaka buhingwa […]

Abafana ba Arsenal ku mugabane wa Afurika bateraniye mu Rwanda

April 19, 2025 IRATUZI Bardine 0

Guhera tariki 18 Mata 2025 abafana baturutse mu bihugu 14 byo ku mugabane wa Afurika bateraniye mu Rwanda mu gikorwa bise ‘Arsenal Africa Fans Festival’ […]

Harimo uwize muri ICK: Ibyamamare byahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

April 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rumaze kuba igihugu kirenze kuba ahantu hazamuka mu by’ubukerarugendo no gushoramo imari gusa, ahubwo rwabaye urugo rushya rw’ibyamamare bitandukanye kuva ku banyamakuru bakomeye […]

Umutekano n’ikoranabuhanga byongerewe muri Bazilika ya Mutagatifu Petero

April 18, 2025 Philos Muhire 0

Mu rwego rwo kurushaho gufasha abitabira ingendo nyobokamana i Vatikani muri uyu mwaka wa Yubile y’imyaka 2025 ishize Jambo yigize umuntu, ubuyobozi bwa Fabric of […]

Umujyi wa Kigali watangiye gutegura ivugururwa rya Nyabugogo

April 18, 2025 ICK News 0

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hagiye gutangira igikorwa cyo kubarura ibikorwa byose biri i Nyabugogo mu rwego rwo gutegura imirimo yo kuvugurura Gare ya […]

Nyaruguru: Hashyinguwe Imibiri 29 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

April 17, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Kuri uyu wa Kane, tariki 17 Mata 2025, abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Munini bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside Yakorewe Abatutsi […]

Urubanza rwa Yezu: Isomo rikomeye ku mategeko n’ubutabera

April 17, 2025 Thierry IRIVA 0

Uyu munsi ku wa Kane, tariki ya 17 Mata 2025, Abakristu Gatolika bageze ku munsi wa Kane Mutagatifu mu minsi y’Icyumweru Gitagatifu bagana ku munsi […]

Posts pagination

« 1 … 125 126 127 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS