• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Basketball: Menya amakipe agiye kwitabira irushanwa ryo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

April 23, 2025 NIYONKURU Cedric 0

 Kuri uyu wa Gatatu, tariki 23 Mata 2025 nibwo hari butangire Irushanwa ryo kwibuka abo mu muryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]

U Buhinde: Kashmir Resistance yigambye igitero cyahitanye abantu 26

April 23, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu, Polisi yo mu gihugu cy’Ubuhinde yatangaje ko  abantu 26  bahitanywe n’igitero cy’abarwanyi bitwaje intwaro abandi 17 barakomereka. Abaguye muri iki gitero […]

Yayoboye Misa yitabiriwe n’abarenga miliyoni 6: Ibyaranze imyaka 12 y’Ubushumba bwa Papa Fransisiko

April 22, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Papa Fransisiko yitabye Imana kuri uyu wa Mbere wa Pasika tariki ya 21 Mata 2025. Urupfu rwe ruje nyuma y’ibyumweru bitanu yizihije isaburukuru y’imyaka 12 […]

U Rwanda rwazamuye amafaranga yo kwandikisha imodoka

April 22, 2025 Philos Muhire 0

Guhera ku wa 17 Mata 2025, Leta y’u Rwanda yashyizeho amabwiriza mashya azamura amafaranga yo kwandikisha imodoka, akazashingira ku bunini bwa moteri (engine capacity), harimo […]

Umuhango wo gushyingura Papa Fransisiko uzaba ku wa Gatandatu

April 22, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Mata 2025, Vaticani yatangaje ko imihango yo gushyingura Papa Fransisiko izaba ku wa Gatandatu tariki […]

Abayobozi bakomeye ku isi bakomeje kwifuriza Papa Fransisiko kuruhukira mu mahoro

April 21, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere wa Pasika nibwo inkuru yabaye ikimenyabose ko uwari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yitabye Imana. Ni amakuru […]

Basketball: Patriots BBC yabujije APR BBC kurangiza shampiyona idatsinzwe

April 21, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Patriots BBC yakomye mu nkokora APR BBC iyibuza kurangiza shampiyona isanzwe (regular season) idatsinzwe umukino n’umwe. Ibi yabigezeho mu mukino w’ishiraniro wahuje aya makipe mu […]

Papa Fransisiko yitabye Imana

April 21, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Papa Fransisiko yitabye Imana kuri uyu wa Mbere wa Pasika, tariki ya 21 Mata 2025, afite imyaka 88, mu rugo rwe Casa Santa Marta i […]

RDC: Umubare w’abapfiriye mu mpanuka y’ubwato wageze 148

April 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Mata 2025, ubuyobozi bwa Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko umubare w’abapfiriye mu mpanuka y’ubwato bwafashwe n’umuriro […]

APR inganyije na Etincelles, itakaza umwanya wa mbere

April 20, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Ikipe ya APR FC inganyije na Etincelles FC ibitego 2-2 itakaza umwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona. Ni mu mukino w’umunsi wa 24 […]

Posts pagination

« 1 … 124 125 126 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS