Noboa yatsinze amatora ya Perezida muri Ecuador
Perezida uri ku butegetsi muri Ecuador Daniel Noboa yatsinze bidasubirwayo icyiciro cya kabiri cy’amatora ya Perezida wa Repubulika bikaba bivuze ko agiye kuyobora iki gihugu […]
Perezida uri ku butegetsi muri Ecuador Daniel Noboa yatsinze bidasubirwayo icyiciro cya kabiri cy’amatora ya Perezida wa Repubulika bikaba bivuze ko agiye kuyobora iki gihugu […]
Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, bo mu Murenge wa Nyarubuye, Akarere ka Kirehe barishimira ko urwibutso ruruhukiyemo imibiri y’ababo rwasanwe nyuma y’imyaka irenga […]
Gen. Brice Oligui Nguema, wayoboye ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Ali Bongo muri Kamena 2023, yatsinze amatora ya perezida yo ku wa Gatandatu n’amajwi 90.35%, nk’uko byagaragajwe […]
Ishyaka rya mbere rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, CHADEMA ryahagaritswe kuzitabira amatora y’uyu mwaka, nyuma y’imisi mike umuyobozi waryo ashinjwe icyaha cy’ubugambanyi. Umuyobozi ushinzwe […]
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hasorejwe Icyumweru cy’Icyunamo, hazirikanwa abanyapolitiki 21 bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa […]
Kuri uyu wa 12 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Mukarange ruherereye mu Karere ka Kayonza, habaye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi basaga […]
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Ngoma bongeye gusaba ubuyobozi bw’Akarere ko ibikorwa bibura kugira ngo Urwibutso rwa Zaza rwuzure byashyirwa mu ngengoyimari y’akarere. […]
Ku wa 2 Gashyantare 1900 ni bwo Myr Hiriti n’abo bari kumwe bageze mu Rwanda. Ku wa 8 Gashyantare uwo mwaka, Abamisiyoneri bakambitse i Save, […]
Umuyaga mwinshi wibasiye igihugu cy’u Bushinwa watumye ingendo z’indege zihagarikwa mu murwa mukuru Beijing, amashuri arafungwa ndetse n’amamiliyoni y’abantu asabwa kuguma mu ngo zabo. Bimwe […]
Mu gitongo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Mata 2025, abaturage bo muri Gabon bazindukiye mu matora yo kwihitiramo umukuru w’igihugu, aho ku […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS