• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Uncategorized

Kamonyi-Runda: Amezi atatu arashize amatara yo ku muhanda yarazimye

July 24, 2024 Muvunankiko Valens 0

Abaturiye ndetse n’abakoresha Umuhanda uturuka Bishenyi ugana ku bitaro by’Amaso mu Kagari ka Muganza baratabaza inzego z’ubuyobozi ko zabafasha bagacanirwa amatara yo ku muhanda kuko […]

Muhanga: Barasaba ko imihanda ishyirwamo ibimenyetso

July 23, 2024 IRATUZI Bardine 0

Bamwe mu bakoresha imihanda yo mu mujyi wa Muhanga barasaba ko yashyirwamo ibimenyetso kugira ngo hirindwe bimwe mu bibazo bishobora guterwa n’uko ibyo bimenyetso bitarimo […]

Siporo n’Ubuzima: Inama z’impuguke mu myitozo ngororamubiri

July 23, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kubera ihindagurika ry’imibereho ya muntu, muri iki gihe benshi bakunze guhura n’ingaruka zo kudakora siporo cyangwa se ugasanga hari n’abahuye n’ingaruka zo kuba bakoraga siporo […]

Inyungu iva mu nama n’imikino mpuzamahanga ku rubyiruko

July 23, 2024 Muhire Obed 0

U Rwanda ni kimwe mu bihugu byo ku Mugabane wa Afurika byahisemo gushora imari mu bikorwaremezo nk’amahoteli, inyubako zakira inama, ibibuga [….] hagamijwe kongera umubare […]

Icyo Itegeko Nshinga riteganya igihe Perezida uriho ahatanira kwiyamamariza indi manda

July 22, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu gihe u Rwanda ruvuye mu gihe cy’amatora ndetse bikaba byamaze kwemezwa mu buryo bwa burundu ko Paul Kagame ariwe wongeye gutsindira umwanya w’Umukuru w’Igihugu, […]

CECAFA2024: APR FC yatsindiwe ku mukino wa nyuma

July 22, 2024 Darius Shumbusho 0

Kuri iki Cyumweru, ikipe ya APR FC yatsinzwe na Red Arrows yo muri Zambia penaliti 10-9 ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Dar Port […]

Abakiri bato bitabiriye isiganwa rya ‘Youth Racing Cup’ mu magare

July 22, 2024 Darius Shumbusho 0

Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Nyakanga, muri parikingi ya Sitade yitiriwe Pele i Nyamirambo habereye isiganwa ngarukakwezi ryo gusiganirwa ku magare mu bakiri bato […]

Perezida Biden yahisemo kutongera guhatanira kuyobora Amerika

July 21, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden yatangaje ko ataziyamamariza kongera kuyobora iki gihugu mu matora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Biden afashe […]

Ikoranabuhanga mu MIRENGE SACCO: Amahirwe ku bagana serivisi z’imari

July 21, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Abagana ibigo by’imari biciriritse hirya no hino mu Rwanda barishimira ko batagikora urugendo rurerure berekeza aho ibyo bigo bikorera kubera ko hongewemo ikoranabuhanga ribafasha kubona […]

Kigali: Barasaba ikorwa ry’umuhanda Nyabugogo -Nyabyondo

July 20, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Abakoresha umuhanda Nyabugogo-Nyabyondo barasaba ko wakorwa kugira ngo batandukane n’ivumbi mu gihe cy’izuba n’icyondo mu gihe cy’imvura. Ikindi abakoresha uyu muhanda bagaragaza nk’imbogamizi ni umwijima […]

Posts pagination

« 1 … 168 169 170 … 201 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS