“Twishyura mituelle ariko ntituyikoresha” – Abatuye i Ngoma ya Kamonyi
Abaturage bakoresha ivuriro ry’ibanze ‘poste de sante’ riri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga wo mu Karere ka Kamonyi bavuga ko bakomeje kugorwa no […]
Abaturage bakoresha ivuriro ry’ibanze ‘poste de sante’ riri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga wo mu Karere ka Kamonyi bavuga ko bakomeje kugorwa no […]
Abantu 126 nibo bamaze kwemezwa ko bapfuye mu gihe abandi 188 bakomerekejwe n’umutingito ukomeye wibasiye agace k’imisozi ka Tibet mu gihigu cy’Ubushinwa. Uyu mutingito wibasiye […]
Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Nsanzimana Sabin avuga ko mu mezi ashize hagaragaye ubwiyongere bw’indwara ya Malaria mu Rwanda, by’umwihariko mu turere twa Gasabo, Kicukiro, […]
Imyaka isaga itatu irashize Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’umuryango ‘See you’ batanga ubuvuzi bw’amaso ku bana bari munsi y’imyaka 18 mu turere twose […]
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice avuga ko mu gihe ababyeyi bose bakwita ku nshingano zabo, kurwanya igwingira n’imirire mibi bishoboka mu ntara ayoboye. Guverineri Kayitesi […]
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 23 Ukuboza 2024, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi, ku bufatanye na CBM, Light for the World, ndetse na Diyosezi ya […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Nzeri 2024, Ubuyobozi bwa Bureau Sociale mu turere twa Muhanga na Kamonyi bwasuye abakangurambaga b’urungano bakorera mu mirenge […]
Umurari ni imwe mu ndwara zibasira amaso zikayazengereza cyane aho umuntu aba atabasha kureba neza ku buryo umuntu umubonye aba abona atareba mu kerekezo kimwe. […]
Kuva tariki ya 2 kugeza ku ya 7 Ukuboza 2024, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi byakiriye inzobere mu buvuzi bw’amaso zaturutse mu gihugu cy’Ububiligi, zije guhugura […]
Ubuyobozi bw’Ibitaro byo mu Ntara y’Iburengerazuba burashima umusaruro ukomeje kuva mu bufatanye buri hagati yabyo n’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ndetse n’Umuryango ‘See you’ Ubu bufatanye […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS