ICK: Habereye igikorwa cyo gutanga amaraso afashishwa abarwayi
Ku wa Mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, mu Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi (ICK) habereye igikorwa cyo gutanga amaraso kitabiriwe n’abantu batandukanye ariko biganjemo […]
Ku wa Mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, mu Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi (ICK) habereye igikorwa cyo gutanga amaraso kitabiriwe n’abantu batandukanye ariko biganjemo […]
Kuva kuwa 24 kugeza kuwa 29 Mutarama 2025, abagize ihuriro ry’Abanyamakuru Gatolika (SIGNIS) baturutse ku isi hose, bateraniye I Roma mu gihugu cya Vatikani. zimwe […]
Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse guhagarika gutanga inkunga nshya hafi ya zose z’ibikorwa by’ubufasha mu mahanga, nyuma y’itegeko rya ryasinyweho […]
Minisiteri y’ubuzima iherutse gutangaza ko hari serivise z’ubuvuzi zongerewe ku zitangirwa ku bwisungane mu kwivuza. N’ubwo bimeze bityo ariko, hari abakorera mu mavuriro y’ibanze bavuga […]
Minisitiri Dr. Nsanzimana Sabin yatangaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’u Rwanda y’imyaka itanu, Minisiteri y’Ubuzima ishyize imbere imigambi myinshi irimo kongera abakozi mu rwego […]
Mu kiganiro yagiranye na ICKNews, Dr. Tuyisabe Theophile uyobora Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi, yagarutse ku bikorwa by’ingenzi ibi bitaro bizibandaho muri uyu mwaka wa 2025. […]
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko hateganywa kubakwa amavuriro y’ibanze muri buri kagari ko mu Rwanda mu rwego rwo kugabanya ubucucike bukigaragara mu bitaro byo hirya no […]
Tanzania yahakanye raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ivuga ko icyorezo cya Marburg, cyadutse mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu. Ikinyamakuru The Tanzania Times, […]
Nubwo Isi ari nini, muri iyi myaka abayituye bavuga ko “yabaye nk’umudugudu” kuko bisa nk’aho abantu begeranye ugereranyije nuko byahoze mu myaka yashize. Kuri ubu […]
Abatuye mu Karere ka Nyagatare, Umurenge wa Gatunda, Akagari ka Nyamikamba barishimira ko bujurujwe ivuriro ry’ibanze rizita by’umwihariko ku barwayi b’amenyo n’abagore babyara. Iri vuriro […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS