Ibitegerejwe mu irahira rya Donald Trump
Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ararahirira kuba perezida wa 47 w’iki gihugu uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu munsi […]
Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ararahirira kuba perezida wa 47 w’iki gihugu uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu munsi […]
Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rwasubukuye serivisi zarwo ku barenga miliyoni 170 barukoresha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bibaye nyuma y’aho Perezida watowe, Donald […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Abdel Fattah al-Burhan, umugaba mukuru w’ingabo za Sudani, imushinja guhitamo intambara aho kwemera ibiganiro n’umutwe wa RSF […]
Mu gitabo cye gishya cyitwa “Ibyiringiro: Ubuzima Bwanjye”, Papa Fransisiko agaruka ku rugendo rwe rwo kuva mu bwana mu mujyi wa Buenos Aires kugera ku […]
Isiraheli na Hamas bemeranyije ku masezerano yo guhagarika intambara muri Gaza no kurekura imbohe nyuma y’amezi 15 y’intambara. Ibi byatangajwe n’abahuza hagati y’impande zombi, ari […]
Mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Amerika, Donald Trump yarokotse ibitero bibiri byari bigamije kumwivugana. Kimwe cyabaye muri Nzeri ubwo yakinaga […]
Perezida wegujwe muri Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yatawe muri yombi ndetse kuri ubu arimo guhatwa ibibazo bijyanye n’itangazo rye ryo gushyiraho ibihe bidasanzwe ryatangajwe […]
Esipanye yatangaje gahunda yo gushyiraho umusoro ungana n’ 100% ku mazu agurwa n’abatari abanyagihugu, batanaturuka mu bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Ubuyobozi bw’iki gihugu […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko ubuyobozi bwe buri hafi gushyira umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli […]
Papa Fransisiko yagaragaje ko ababajwe n’ibyabaye ku baturage ba Los Angeles bibasiwe n’inkongi y’umuriro ikaze ku buryo imaze guhitana abantu 11, yangiza amazu n’insengero harimo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS