Abarenga 400 bapfiriye mu bitero bikomeye bya Israel muri Gaza
Minisiteri y’ubuzima iyoborwa na Hamas yavuze ko nibura abantu 400 bamaze gupfa nyuma y’ibitero bikomeye by’indege za Israel muri Gaza mu ijoro ryo ku wa […]
Minisiteri y’ubuzima iyoborwa na Hamas yavuze ko nibura abantu 400 bamaze gupfa nyuma y’ibitero bikomeye by’indege za Israel muri Gaza mu ijoro ryo ku wa […]
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ateganya kuvugana na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin ku wa Kabiri kugira ngo baganire […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 Werurwe, umujyana wa Perezida Vladimir Putin mu bya politiki y’ububanyi n’amahanga, yatangaje u Burusiya butari bwemera icyifuzo cya […]
Impuguke z’umuryango w’abibumbye zavuze ko Israel yakoze “ibikorwa bya Jenoside” byibasiye Abanyapalestine binyuze mu gusenya ibigo by’ubuvuzi byita ku bagore mu gihe cy’intambara yo muri […]
Perezida wa Iran yatangaje ko atazigera yemera kugirana ibiganiro na Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeraho ko Trump yazakora icyo ashaka. […]
Ku wa kabiri, Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeye gusubukura imfashanyo za gisirikare n’izo gusangira amakuru y’ubutasi na Ukraine nyuma y’uko Kyiv ivuze ko yiteguye gushyigikira […]
Abayobozi bo mu ntara ya Madhya Pradesh, iri hagati mu Buhinde ikaba ituwe n’abasaga miliyoni 72, barimo gutekereza gushyiraho igihano cy’urupfu ku bantu bashinjwa guhatira […]
Ubuyobozi bw’Uburusiya bwatangaje ko kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11 Werurwe, Ukraine yagabye igitero gikomeye cy’indege zitagira abadereva i Moscou, gihitana byibura abakozi babiri […]
Umugaba w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yavuze ko kuri uyu wa kabiri, igihugu cye cyohereje ingabo zidasanzwe mu murwa mukuru wa Sudani y’Amajyepfo Juba, […]
Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Werurwe, uwahoze ari Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte, yatawe muri yombi nyuma y’uko Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rusohoye impapuro […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS