• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Nyanza: Babangamiwe n’amazi ava mu muhanda mushya uva i Bugesera

December 5, 2024 ICK News 0

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muyira wo mu Karere ka Nyanza baratunga agatoki ikigo kiri gukora umuhanda wa kaburimbo uva mu Karere ka […]

Amerika yakuyeho amabwiriza akaze ku ngendo z’abaturuka mu Rwanda

December 5, 2024 Umutesi Aline 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakuyeho amabwiriza yihariye yashyizweho ku ngendo z’abantu baturuka mu Rwanda, nyuma yo guhashya icyorezo cya Marburg. Iki cyemezo ni ingenzi […]

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa Michel Barnier yatakarijwe icyizere

December 5, 2024 ICK News 0

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, yatakarije icyizere Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Barnier wari umaze amezi atatu gusa agiye kuri uwo mwanya. Amashyaka atavuga […]

Umuturage ntakwiye gusiragizwa-Mukama Abbas

December 4, 2024 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Rugarika barashyira mu majwi zimwe mu nzego z’ubuyobozi kurangarana ibibazo byabo. Ni ibyagaragarijwe Umuvunyi wungirije […]

Muhanga: Barinubira ibura ry’umuriro rya hato na hato

December 4, 2024 Elie Ntihinduka 0

Ibura ry’umuriro rishobora gufatwa nk’ikintu gisanzwe kuko hari impamvu nyinshi za tekiniki zishobora gutera iki kibazo, gusa bamwe mu batuye mu Mujyi wa Muhanga binubira […]

RSSB yasabwe gutegura Inama Nyungurana bitekerezo ku kuzamura umusanzu wa Pansiyo

December 4, 2024 ICK News 0

Amahuriro y’abakozi mu Rwanda arasaba Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubwiteganyirize bw’Abakozi mu Rwanda (RSSB) gutegura Inama Nyungurana bitekerezo ku cyemezo cyo kuzamura umusanzu wa Pansiyo kugira […]

Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi bikomeje gusuzuma abanyeshuri b’Iburengerazuba

December 3, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Hashize hafi imyaka itatu, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’Umuryango ‘See You’ bakorana mu gufasha abana bari munsi y’imyaka 18 bafite ibibazo by’amaso mu […]

Leta irasabwa kwihanangiriza abanyarwenya bakoresha izina rya Kiliziya mu buryo butesha agaciro

December 3, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Musenyeri Smaragde Mbonyintege, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi uri mu kiruhuko cy’izabukuru yasabye Leta gukumira abantu bakoresha izina cyangwa imigenzo ya gikristu mu ishusho y’icyitwa […]

Ibintu 5 ushobora kuba utazi kuri Katederali ‘Notre Dame’ y’i Paris  

December 3, 2024 Umutesi Aline 0

Ku Cyumweru, tariki ya 8 Ukuboza 2024, i Paris mu murwa mukuru w’Ubufaransa hateganyijwe ibirori byo kongera gufungura Ketederali ‘Notre Dame’ nyuma y’imyaka itanu iri […]

Kigali: RURA ije gukuraho iringaniza mu giciro cy’urugendo

December 3, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Urwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura imwe mu mirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Ukuboza mu mujyi wa […]

Posts pagination

« 1 … 161 162 163 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS