Gicumbi: Barasaba gufashwa kubona imashini zuhira
Abahinzi bo mu gishanga cya Cyamuhinda giherereye mu Murenge wa Muko wo muri Gicumbi, barasaba Leta kubafasha kubona imashini zo kuhira imyaka kugira ngo ubuhinzi […]
Abahinzi bo mu gishanga cya Cyamuhinda giherereye mu Murenge wa Muko wo muri Gicumbi, barasaba Leta kubafasha kubona imashini zo kuhira imyaka kugira ngo ubuhinzi […]
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko ibinyabutabire bigera kuri 200 bifitanye isano na kanseri y’ibere bikoreshwa mu gukora ibipfunyikwamo ibiribwa ndetse n’ibikoresho byo ku meza bya pulasitike. […]
Ku musozo wa Misa yabereye kuri Sitade yitiriwe Baudouin, i Brussels mu Bubiligi, Papa Fransisiko yatangaje ibyo abantu batari biteze ubwo yavugaga ko nasubira i […]
Inkubi y’Umuyaga yiswe Helene yibasiye Leta zunze Ubumwe za Amerika imaze guhitana abagera kuri 64 mu gihe abakabakaba miliyoni 3.5 badafite amashanyarazi. Iyi nkubi y’umuyaga […]
Tariki ya 18 Ukwakira 2024, hateganyijwe umuhango wo Kwita izina abana b’ingagi 22. Uyu muhango uzabera mu nkengero za Pariki y’Ibirunga ho mu Karere ka […]
Amakuru y’inyongera: ISHIMWE Jean D’Amour Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 27 Nzeri 2024, Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yatangaje ko mu Rwanda habonetse […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 27 Nzeri 2024, Akarere ka Muhanga kakiriye inteko rusange ya gatatu y’abagize urunana rw’abagore bakora mu nzego z’imitegekere y’igihugu […]
Igisirikare cy’igihugu cya Isiraheli (IDF) cyavuze ko cyivuganye umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah Hassan Nasrallah, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 27 Nzeri […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku buzima (OMS) riratangaza ko hakenewe ishoramari rihambaye mu kwita ku bwiyongere bw’ibibazo by’ubuzima bw’ingimbi n’abangavu bakabakaba Miliyari 1.3 bo […]
Ku nkengero z’umuhanda Kigali-Muhanga-Huye hakomeje kubakwa ibikorwa binyuranye hagamijwe gufasha abantu kwinezeza ndetse no gufasha abakoresha uyu muhanda kubona ahantu ho kuruhukira by’akanya gato. Kimwe […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS