• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

#Kwibuka31: Perezida Kagame yatangije Icyumweru cy’Icyunamo

April 7, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025 Perezida wa Repubukika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi ijana yo kwibuka […]

Biri kuba: Gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

April 7, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025, Abanyarwanda hirya no hino ku isi batangiye Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya […]

Kwibuka31: Iminsi 100 yo kwigira ku mateka

April 6, 2025 Manishimwe Janvier 0

Mu masaha macye, u Rwanda rurinjira mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.Iyi gahunda ngarukamwaka itangirana n’icyumweru cy’icyunamo ku […]

Papa yagaragaye bwa mbere mu ruhame i Vatikani nyuma yo kuva mu bitaro

April 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Papa Fransisiko yagaragaye mu ruhame ku nshuro ya mbere nyuma y’ibyumweru bibiri avuye mu bitaro yavuriwemo umusonga w’ibihaha byombi. Yinjiye mu mbuga ya Kiliziya Mutagatifu […]

Amerika: Imyigaragambyo yo kwamagana Perezida Trump ikomeje gufata indi ntera

April 6, 2025 Philos Muhire 0

Mu mijyi myinshi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abatuye amerika bakomeje kwigaragamya ku bwinshi bamagana ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump. Iyo myigaragambyo yiswe […]

Wari uzi ko hari igihe bitemewe kuvuga “Amina”?

April 5, 2025 Philos Muhire 0

Nabajije ‘Chatgpt’ inshuro ijambo ‘AMINA’ rishobora kuba rikoreshwa buri cyumweru. Mu kunsubiza, yifashishije imibare igira iti “Imibare yo muri 2024 igaragaza ko Abakristu ari miliyari […]

Loni iratabariza Myanmar yibasiwe n’umutingito umaze guhitana abarenga ibihumbi bitatu

April 5, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 5 Mata 2025, Umuryango w’abibumbye (Loni) wahamagariye Isi gutabara igihugu cya Myanmar cyibasizwe n’umutingito, mu gihe umubare w’abamaze gupfa […]

ICK na CHE mu rugendo rwo gukomeza guteza imbere uburezi bujyanye n’igihe

April 5, 2025 Muhire Obed 0

Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na Kaminuza ya Christelijke Hogeschool Ede (CHE) bakomeje gahunda yo kwagura imikoranire bikagera no ku cyiciro cya gatatu cya […]

Amerika: DHS yibeshye isaba Abanya-Ukraine bahahungiye gusubira iwabo

April 5, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuwa gatanu w’ejo hashize , muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Minisiteri Ishinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu  (DHS) yatangaje ko yoherereje ubutumwa bugufi ku Banya-Ukraine […]

Koreya y’Epfo: Perezida yegujwe ku butegetsi

April 4, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Mata 2025, Urukiko Rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga muri Koreya y’Epfo rwemeje umwanzuro watowe n’inteko inshinga amategeko wo kweguza […]

Posts pagination

« 1 … 121 122 123 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS