• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Tanzania yahagaritse ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo na Malawi

April 24, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma ya Tanzania yafashe umwanzuro wo guhagarika itumizwa ry’ibicuruzwa byose bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo no muri Malawi, bitewe n’uko ibyo bihugu byombi […]

‘Trump Akunda Afurika’- Massad Boulos

April 24, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Umujyanama mukuru wa Perezida Trump ku bibazo bya Afurika Massad Boulos yatangaje ko perezida Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika aha agaciro uyu mugabane, […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yashimye umurage ukomeye Papa Fransisiko asigiye u Rwanda

April 23, 2025 Kwihangana Joshua 0

Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi yashimye byimazeyo Papa Fransisiko usize ahaye u Rwanda Abepiskopi umunani mu Bepiskopi ikenda bayoboye Diyosezi za Kiliziya […]

Menya icyo Itegeko Nshinga rya Vatikani riteganya ku bikurikira urupfu rwa Papa

April 23, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 23 nibwo umubiri wa Papa Fransisiko wagejejwe muri Bazilika ya Mutagatifu Petero kugira ngo abakristu banyuranye bakomeze kuwusezeraho ku […]

Turukiya: Umutingito ukomeye wibasiye umurwa mukuru Istanbul

April 23, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa gatatu, Ikigo gishinzwe guhangana n’ibiza mu gihugu cya Turukiya, cyatangaje ko  Umujyi wa Istanbul, wibasiwe n’umutingito ukomeye uri ku gipimo cya 6.2. […]

Basketball: Menya amakipe agiye kwitabira irushanwa ryo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

April 23, 2025 NIYONKURU Cedric 0

 Kuri uyu wa Gatatu, tariki 23 Mata 2025 nibwo hari butangire Irushanwa ryo kwibuka abo mu muryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]

U Buhinde: Kashmir Resistance yigambye igitero cyahitanye abantu 26

April 23, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu, Polisi yo mu gihugu cy’Ubuhinde yatangaje ko  abantu 26  bahitanywe n’igitero cy’abarwanyi bitwaje intwaro abandi 17 barakomereka. Abaguye muri iki gitero […]

Yayoboye Misa yitabiriwe n’abarenga miliyoni 6: Ibyaranze imyaka 12 y’Ubushumba bwa Papa Fransisiko

April 22, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Papa Fransisiko yitabye Imana kuri uyu wa Mbere wa Pasika tariki ya 21 Mata 2025. Urupfu rwe ruje nyuma y’ibyumweru bitanu yizihije isaburukuru y’imyaka 12 […]

U Rwanda rwazamuye amafaranga yo kwandikisha imodoka

April 22, 2025 Philos Muhire 0

Guhera ku wa 17 Mata 2025, Leta y’u Rwanda yashyizeho amabwiriza mashya azamura amafaranga yo kwandikisha imodoka, akazashingira ku bunini bwa moteri (engine capacity), harimo […]

Umuhango wo gushyingura Papa Fransisiko uzaba ku wa Gatandatu

April 22, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Mata 2025, Vaticani yatangaje ko imihango yo gushyingura Papa Fransisiko izaba ku wa Gatandatu tariki […]

Posts pagination

« 1 … 114 115 116 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS