• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi yasanzwe ku nzira yapfuye

April 16, 2026 Ibyimana Cofi 0

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi Gaby Bugaga, yasanzwe mu nzira mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mata 2026 yapfuye, ndetse akaba yapfuye urupfu rw’amayobera. […]

Perezida Kagame yageze i Brazzaville muri Congo

April 15, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville muri Repubulika ya Congo, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida, Denis Sassou Nguesso, uherutse kongera […]

Tanzania: Imvubu yishe umugabo wari ugiye kuroba

April 15, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umugabo witwaga Ibrahimu Almas w’ imyaka 36, wari utuye mu Mudugudu wa Kigombe mu Mujyi wa Tabora muri Tanzania, yitabye Imana nyuma yo gusagarirwa n’imvubu […]

Romuald Wadagni yatorewe kuba Perezida wa Bénin

April 14, 2026 ICK News 0

Komisiyo y’Igihugu Yigenga Ishinzwe Amatora muri Bénin, (CENA), mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 13 Mata 2026, yatangaje ko Romuald Wadagni wari Minisitiri w’Imari […]

Senegal: Uwambere yahanwe hisunzwe amategeko mashya ahana abaryamana bahuje igitsina

April 14, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 14 Mata 2026, Urukiko rwo mu gace ka Pikine Guediawaye muri Senegal rwatanze icyemezo cya mbere gishingiye ku itegeko rishya […]

Ese FC Barcelona na Liverpool zakora ibitangaza zigakomeza muri ½ cya Champions League?

April 14, 2026 Ibyimana Cofi 0

Imikino yo kwishyura ya UEFA Champions League irakomeza kuri uyu wa Kabiri no ku wa Gatatu, aho amakipe akomeye ku mugabane w’u Burayi agiye guhatanira […]

RIB yakiriye amadosiye 47 y’ingengabitekerezo ya Jenoside mu cyumweru cy’icyunamo

April 14, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, (RIB), rwatangaje ko mu cyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwakiriye amadosiye 47 ajyanye n’ibyaha […]

Papa Leo yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 mu bihugu bine bya Afurika

April 13, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mata 2026, Papa Leo XIV yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 azagirira mu bihugu bine bya Afurika: Algérie, Cameroun, Angola […]

Perezida Kagame yashimiye Ismaïl Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti

April 13, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, aho yamushimiye intsinzi yegukanye mu matora aheruka yamuhesheje […]

Uganda: Kainerugaba yavuze kuri Israel amagambo yateje impaka

April 12, 2026 ICK News 0

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga nyuma yo gutangaza ubutumwa bubiri bukomeye kandi butavugwaho rumwe ku […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 … 79 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS