Iran ivuga ko igitero cya Amerika na Israel cyagabwe ku ishuri cyahitanye abantu 153
Nibura abantu 153, barimo n’abana, bapfuye nyuma y’igitero cyavuzwe ko cyagabwe ku ishuri ry’abakobwa riri mu mujyi wa Minab, mu ntara ya Hormozgan mu majyepfo […]
Nibura abantu 153, barimo n’abana, bapfuye nyuma y’igitero cyavuzwe ko cyagabwe ku ishuri ry’abakobwa riri mu mujyi wa Minab, mu ntara ya Hormozgan mu majyepfo […]
Israel ifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byagabye igitero kuri Irani mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu nk’uko byemejwe na Perezida Donald Trump […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ibyo yagezeho mu bukungu mu ijambo rye rya “State of the Union” ryamaze igihe kirekire […]
Abepiskopi Gatolika 18 bo muri Leta zikora ku mipaka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, basohoye itangazo risaba ubuyobozi bw’iki gihugu guhindura politiki zimwe na […]
Vatikani yatangaje ko guhera mu rugaryi izatangiza uburyo bushya bwo guhindura indimi icyarimwe bukoresheje ubwenge buhangano (AI), buzafasha abantu gukurikira ibirori bya liturijiya bibera muri […]
Umuyaga ukomeye wibasiye inkombe z’iburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere, uzana urubura rwinshi rwaciye agahigo mu mateka, bituma ubuzima bwa […]
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko u Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi mu gihugu cye, asaba umuryango mpuzamahanga kuyihagarika nta gukererwa. Ibi Zelensky […]
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batoye itegeko rigamije kwitirira Perezida Donald Trump, ikibuga cy’indege cyo muri iyi Leta. […]
Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Yoon Suk Yeol, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha […]
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasobanuye ko amahirwe ko Isi yaba isurwa n’ibiremwa byo mu isanzure bizwi nka ‘aliens’ […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS