Hatangajwe ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 05 Werurwe 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo , hatangira kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri […]
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 05 Werurwe 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo , hatangira kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri […]
Sosiyete y’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI), OpenAI, yatangaje ko igiye kuvugurura amasezerano yari yagiranye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no gukoresha ikoranabuhanga ryayo mu […]
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bategerejwe mu nama ya 25 isanzwe izabera i Arusha muri Tanzania ku wa 7 Werurwe 2026. Iyi […]
Perezida wa Repubulika ya Congo-Brazzaville Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, yatangaje ko arimo gutegura inzira izafasha urubyiruko kuzayobora igihugu mu gihe kiri imbere, mu gihe […]
Guverinoma ya Zimbabwe yatangiye kurekura imfungwa zigera ku 4,000, nyuma y’iteka rya Perezida ritanga imbabazi rusange ku byiciro bimwe by’abakatiwe, mu rwego rwo kugabanya ubucucike […]
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yavuze ko intambara ya Amerika, Israel na Iran izagira ingaruka ku bihugu byose by’Isi n’u Rwanda rudasigaye kubera ko ibikomoka […]
Nibura abantu 153, barimo n’abana, bapfuye nyuma y’igitero cyavuzwe ko cyagabwe ku ishuri ry’abakobwa riri mu mujyi wa Minab, mu ntara ya Hormozgan mu majyepfo […]
Israel ifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byagabye igitero kuri Irani mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu nk’uko byemejwe na Perezida Donald Trump […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ibyo yagezeho mu bukungu mu ijambo rye rya “State of the Union” ryamaze igihe kirekire […]
Abepiskopi Gatolika 18 bo muri Leta zikora ku mipaka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, basohoye itangazo risaba ubuyobozi bw’iki gihugu guhindura politiki zimwe na […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS