• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

U Rwanda na Tanzania byiyemeje kurushaho gufatanya mu bucuruzi n’ibikorwaremezo

May 3, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe muri Tanzania kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, aho yakiriwe na […]

Igitaramo cya Pasika n’icya Noheli bigomba kuba umuco i Kabgayi– Musenyeri Ntivuguruzwa

May 3, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yavuze ko guhimbaza ibitaramo byo kwizihiza Pasika na Noheli bigomba kuba umuco uhoraho muri iyi Diyosezi, […]

Perezida Kagame ategerejwe muri Tanzania

May 2, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu gihugu cya Tanzania ku Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi 2026, aho azagirira uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe […]

Perezida Kagame arateganya uruzinduko rw’akazi muri Botswana

April 30, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya kugirira uruzinduko rw’akazi muri Botswana kuva tariki ya 6 kugeza ku ya 7 Gicurasi 2026, ku butumire […]

Tanzania: Umukinnyi w’ikirangirire muri filime Hashim Kambi yasezeweho bwa nyuma

April 28, 2026 ICK News 0

Umukinnyi wa filime wamenyekanye cyane muri Tanzania, Hashim Kambi, wanabaye n’umukinnyi w’umupira w’amaguru, yasereweho bwa nyuma kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Mata 2026 mu […]

Nigeria: Abanyeshuri 15 barokotse igitero cyagabwe ku kigo cy’imfubyi

April 27, 2026 ICK News 0

Abanyeshuri 15 batabawe nyuma y’igitero cyagabwe n’abagizi ba nabi bitwaje intwaro ku kigo cy’ishuri cy’imfubyi cya Dohallukitab Group of Schools giherereye mu gace ka Lokoja, […]

Umurage wasizwe na Papa Fransisiko umaze umwaka yitabye Imana  

April 21, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Kabiri Tariki 21 Mata 2026, umwaka umwe uruzuye Papa Fransisiko atabarutse, kuko byabaye ku wa 21 Mata 2025, nyuma yo ku mara […]

Louise Mushikiwabo uhataniye gukomeza kuyobora OIF yitabiriye Ihuriro rya 10 rya Dakar

April 21, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yitabiriye ku nshuro ya 10 Ihuriro Mpuzamahanga rya Dakar ryibanda ku mahoro n’umutekano muri Afurika. Iyi […]

Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

April 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

Afurika y’Epfo : Julius Malema yakatiwe gufungwa imyaka itanu muri gereza

April 16, 2026 ICK News 0

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Afurika y’Epfo, Julius Malema, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko no […]

Posts pagination

« 1 … 3 4 5 … 79 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS