• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Tanzania: Umukinnyi w’ikirangirire muri filime Hashim Kambi yasezeweho bwa nyuma

April 28, 2026 ICK News 0

Umukinnyi wa filime wamenyekanye cyane muri Tanzania, Hashim Kambi, wanabaye n’umukinnyi w’umupira w’amaguru, yasereweho bwa nyuma kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Mata 2026 mu […]

Nigeria: Abanyeshuri 15 barokotse igitero cyagabwe ku kigo cy’imfubyi

April 27, 2026 ICK News 0

Abanyeshuri 15 batabawe nyuma y’igitero cyagabwe n’abagizi ba nabi bitwaje intwaro ku kigo cy’ishuri cy’imfubyi cya Dohallukitab Group of Schools giherereye mu gace ka Lokoja, […]

Umurage wasizwe na Papa Fransisiko umaze umwaka yitabye Imana  

April 21, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Kabiri Tariki 21 Mata 2026, umwaka umwe uruzuye Papa Fransisiko atabarutse, kuko byabaye ku wa 21 Mata 2025, nyuma yo ku mara […]

Louise Mushikiwabo uhataniye gukomeza kuyobora OIF yitabiriye Ihuriro rya 10 rya Dakar

April 21, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yitabiriye ku nshuro ya 10 Ihuriro Mpuzamahanga rya Dakar ryibanda ku mahoro n’umutekano muri Afurika. Iyi […]

Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

April 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

Afurika y’Epfo : Julius Malema yakatiwe gufungwa imyaka itanu muri gereza

April 16, 2026 ICK News 0

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Afurika y’Epfo, Julius Malema, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko no […]

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi yasanzwe ku nzira yapfuye

April 16, 2026 Ibyimana Cofi 0

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi Gaby Bugaga, yasanzwe mu nzira mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mata 2026 yapfuye, ndetse akaba yapfuye urupfu rw’amayobera. […]

Perezida Kagame yageze i Brazzaville muri Congo

April 15, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville muri Repubulika ya Congo, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida, Denis Sassou Nguesso, uherutse kongera […]

Tanzania: Imvubu yishe umugabo wari ugiye kuroba

April 15, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umugabo witwaga Ibrahimu Almas w’ imyaka 36, wari utuye mu Mudugudu wa Kigombe mu Mujyi wa Tabora muri Tanzania, yitabye Imana nyuma yo gusagarirwa n’imvubu […]

Romuald Wadagni yatorewe kuba Perezida wa Bénin

April 14, 2026 ICK News 0

Komisiyo y’Igihugu Yigenga Ishinzwe Amatora muri Bénin, (CENA), mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 13 Mata 2026, yatangaje ko Romuald Wadagni wari Minisitiri w’Imari […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS