• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Amerika: Trump yagaragaje ko ‘habayeho izamuka ry’ubukungu ridasanzwe’ mu gihe cy’ubuyobozi bwe

February 25, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ibyo yagezeho mu bukungu mu ijambo rye rya “State of the Union” ryamaze igihe kirekire […]

Amerika: Abepiskopi Gatolika basaba ko hubahirizwa ‘agaciro ka muntu’ mu ishyirwa mu bikorwa ry’amategeko agenga abimukira

February 25, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Abepiskopi Gatolika 18 bo muri Leta zikora ku mipaka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, basohoye itangazo risaba ubuyobozi bw’iki gihugu guhindura politiki zimwe na […]

Misa zibera kuri Bazilika ya Mutagatifu Petero zigiye kujya zisemurwa mu ndimi 60 hifashishijwe AI

February 24, 2026 ICK News 0

Vatikani yatangaje ko guhera mu rugaryi izatangiza uburyo bushya bwo guhindura indimi icyarimwe bukoresheje ubwenge buhangano (AI), buzafasha abantu gukurikira ibirori bya liturijiya bibera muri […]

Amerika: Ingendo z’indege zirenga 5,000 zahagaritswe kubera urubura

February 24, 2026 ICK News 0

Umuyaga ukomeye wibasiye inkombe z’iburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere, uzana urubura rwinshi rwaciye agahigo mu mateka, bituma ubuzima bwa […]

U Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi muri Ukraine – Perezida Zelensky

February 23, 2026 ICK News 0

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko u Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi mu gihugu cye, asaba umuryango mpuzamahanga kuyihagarika nta gukererwa. Ibi Zelensky […]

Perezida Trump ashobora kwitirirwa ikibuga cy’indege cy’i Florida

February 20, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batoye itegeko rigamije kwitirira Perezida Donald Trump, ikibuga cy’indege cyo muri iyi Leta. […]

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Perezida yakatiwe igifungo cya burundu

February 19, 2026 ICK News 0

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Yoon Suk Yeol, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha […]

Obama uherutse kuvuga ko ibivejuru bibaho yisobanuye

February 17, 2026 ICK News 0

Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasobanuye ko amahirwe ko Isi yaba isurwa n’ibiremwa byo mu isanzure bizwi nka ‘aliens’ […]

Abarimo Obama bitabiriye NBA All Star game yegukanywe na USA Stars

February 16, 2026 ICK News 0

Ibirori bya NBA All-Star Game byasojwe n’umukino wegukanywe n’ikipe ya USA Stars, mu mukino witabiriwe n’ibyamamare bitandukanye ku rwego mpuzamahanga, birimo n’uwahoze ari Perezida wa […]

Canada: Abantu 10 biciwe ku ishuri, abandi 25 barakomereka

February 11, 2026 ICK News 0

Polisi yo muri Canada yatangaje ko abantu 10 barimo n’umwicanyi bishwe barashwe ku kigo cy’ishuri cya Tumbler Ridge giherereye mu Burengerazuba bw’igihugu abandi 25 barakomereka […]

Posts pagination

« 1 … 5 6 7 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS