• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Djibouti: Bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu

April 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, arimo guhatanira manda ya gatandatu mu matora ya perezida ari kuba kuri uyu wa Gatanu muri iki gihugu gifite […]

Menya impanuka 7 zikomeye z’indege zabayeho mu mateka y’isi

March 24, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Mu minsi ibiri ishize, habaye impanuka ebyiri zikomeye z’indege zakurikiyeho. Indege ya gisirikare yo mu bwoko bwa C-130 Hercules, yari itwaye abantu 125, yaguye muri […]

Senegal yambuwe Igikombe cya Afurika gihabwa Moroc

March 18, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ikipe y’igihugu ya Senegal yambuwe Igikombe cya Afurika (AFCON 2025) nyuma y’icyemezo cyafashwe mw’Ijoro ryo ku wa 18 Werurwe 2026 n’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika […]

No Image

Trump yateguje iherezo ribi kuri Mojtaba Khamenei wagizwe Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran

March 9, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei, ashobora kutamara igihe kinini kuri uwo mwanya […]

Laurent Mbanda yatorewe kuyobora umuryango ‘witandukanyije’ na Angilikani yo mu Bwongereza

March 6, 2026 ICK News 0

Umuyobozi Mukuru w’Itorero Angilikani mu Rwanda, Musenyeri Laurent Mbanda, yatorewe kuyobora umuryango Gafcon (Global Fellowship of Confessing Anglicans), utemera amwe mu mahame y’ubuyobozi busanzweho bw’iri […]

Hatangajwe ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

March 4, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 05 Werurwe 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo , hatangira kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri […]

OpenAI igiye guhindura amasezerano yagiranye na Leta ya Amerika nyuma y’igitutu yashyizweho

March 4, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Sosiyete y’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI), OpenAI, yatangaje ko igiye kuvugurura amasezerano yari yagiranye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no gukoresha ikoranabuhanga ryayo mu […]

Abakuru b’Ibihugu bya EAC bategerejwe mu nama ya 25 i Arusha

March 4, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bategerejwe mu nama ya 25 isanzwe izabera i Arusha muri Tanzania ku wa 7 Werurwe 2026. Iyi […]

“Ntituzaguma ku butegetsi iteka ryose”- Perezida wa Congo avuga ku wamusimbura

March 3, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Perezida wa Repubulika ya Congo-Brazzaville Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, yatangaje ko arimo gutegura inzira izafasha urubyiruko kuzayobora igihugu mu gihe kiri imbere, mu gihe […]

Zimbabwe: Harekuwe imfungwa zirenga 4,000 zahawe imbabazi na Perezida

March 3, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Guverinoma ya Zimbabwe yatangiye kurekura imfungwa zigera ku 4,000, nyuma y’iteka rya Perezida ritanga imbabazi rusange ku byiciro bimwe by’abakatiwe, mu rwego rwo kugabanya ubucucike […]

Posts pagination

« 1 … 5 6 7 … 78 »

AMAKURU MASHYA

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

  • Gutinya gukora ngo udakora ikosa, na byo ni ikosa – Perezida Kagame abwira abayobozi ba Afurika

    Perezida Paul Kagame yavuze ko imwe mu mbogamizi zituma Afurika itagera ku ntego zayo ari umuco wo gutinda gushyira mu bikorwa ibyemezo byafashwe, aho ibintu […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS