Abanyamakuru bo hirya no hino ku isi bagiye guhurira i Vatikani
Mu mpera z’uku kwezi, kuva ku wa 24 kugeza ku wa 26 Mutarama 2025 Umujyi wa Roma, mu Butaliyani uzakira abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru byo hirya […]
Mu mpera z’uku kwezi, kuva ku wa 24 kugeza ku wa 26 Mutarama 2025 Umujyi wa Roma, mu Butaliyani uzakira abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru byo hirya […]
Kuri uyu wa 11 Mutarama 2025, kuri Sitade ya Huye harabera umukino ukomeye uhuza Mukura VS yakira Rayon sports mu mukino w’umunsi wa 15 wa […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2024, Abayobozi b’Uturere twa Gicumbi na Rulindo batangije ku mugaragaro Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’. Rulindo Mu […]
Raporo nshya ya World Economic Forum igaragaza ko muri iki kinyacumi hazahangwa imirimo mishya igera kuri miliyoni 170. Ibi ngo bizaterwa n’imihindagurikire y’ubukungu n’imikorere rusange. […]
Bamwe mu batuye mu gice cy’Amayaga kigizwe n’imirenge ya Mugina, Nyamiyaga, Nyarubaka ndetse n’igice cy’Umurenge wa Musambira barasaba ubuyobozi kubafasha kubona amazi mu buryo buhoraho. […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko bidakwiye ko hari abaturage bimurwa mu buryo butanyuze mu mucyo ku buryo hari n’abariganywa imitungo yabo. […]
Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Kane taraki ya 9 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yavuze ku kwishyura no kwishyurwa mu mafaranga y’amanyamahanga bihanwa n’amategeko, […]
Abacururiza mu Isantere ya Miyovo iri mu Karere ka Gicumbi ntibavuga rumwe n’abahacungira umutekano ku kibazo cy’urugomo rukomeje kuhagaraga. Urugomo ruvugwa muri iyi santere rushingiye […]
Abaturage bakoresha ivuriro ry’ibanze ‘poste de sante’ riri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga wo mu Karere ka Kamonyi bavuga ko bakomeje kugorwa no […]
The National Institute of Statistics of Rwanda (NISR) has reported a remarkable 280% increase in domestic air travel using RwandAir over the past three years. […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS