Kirehe: Ingo zirenga 1000 zahawe gaze
Kuri uyu 19 Nyakanga 2024 abaturage barenga 1000 bo mu Karere ka Kirehe bahawe amashyiga yo gutekeraho hakoreshejwe Gaze binyuze muri gahunda ya Leta izwi […]
Kuri uyu 19 Nyakanga 2024 abaturage barenga 1000 bo mu Karere ka Kirehe bahawe amashyiga yo gutekeraho hakoreshejwe Gaze binyuze muri gahunda ya Leta izwi […]
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 18 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatorayatangaje k’uburyo bw’agateganyo ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ayabadepite […]
Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 14 Nyakanga 2024, abagize umuryango mugari w’Ishuri ryigenga bagaragaje kwishimira umusaruro bagize mu bizamini mpuzamahanga bya Cambridge. […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda batuye imbere mu gihugu bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite. Aya matora […]
Mu gihe Abanyarwanda baba mu bihugu by’amahanga baramukiye mu matora, bamwe mu batuye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika barifuza ko mu matora y’Ubutaha hazakoreshwa […]
Tariki ya 14 na 15 Nyakanga 2024, mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika yakomatanyirijwe hamwe n’amatora y’abadepite. Ni amatora yakomatanyijwe kubera impamvu zirimo; […]
Mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite abe, urubyiruko rw’abakorerabushake ‘youth volunteers’ rukomeje kugaragaza umusanzu mu bikorwa byose bijyanye n’amatora. Bimwe muri […]
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) kirasaba abaturage kwirinda gusesagura amazi muri iki gihe cy’impeshyi. Ibi byatangajwe nyuma y’uko mu bice bimwe na […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere nibwo Ikipe y’Umupira w’amaguru y’Ingabo z’u Rwanda ‘APR FC’ yahagurutse i Shyorongi yerekeza ku kibuga Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga […]
Kuri iki cyumweru tariki 7 Nyakanga 2024, Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda mu mukino wa ‘Handball’ yegukanye igikombe cya Shampiyona itsinze POLICE HC ibitego 35 kuri […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS