• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

IYOBOKAMANA

Papa Leo XIV arateganya gusura ibihugu bine bya Afurika muri Werurwe 2026

January 19, 2026 Philos Muhire 0

Karidinali Fridolin AMBONGO, Perezida w’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi Gatolika muri Afurika yatangaje ko mu kwezi kwa Werurwe 2026, Papa Leo XIV azagirira uruzinduko ku mugabane wa […]

Hari benshi bagarukiye Imana – Musenyeri Ntivuguruzwa avuga ku mbuto za Yubile

January 15, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yavuze ko hari abantu benshi bafashe umwanzuro wo kwivugurura bagarukira Imana mu gihe cya Yubire y’impurirane. […]

Yubile ntisozwa nk’igitabo gifunzwe – Musenyeri Ntivuguruzwa abwira Abakirisitu

January 15, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu muhango wo gusoza k’umugaragaro Yubile y’Impurirane muri Diyosezi ya Kabgayi, wabereye muri Paruwasi yaragijwe Yezu Nyirimuhwe mu Ruhango ku wa 11 Mutarama 2026, Umushumba […]

Amarembo arafunguye – Musenyeri Ntivuguruzwa abwira abifuza gushyigikira ishingwa ry’ishuri ry’umuziki

January 11, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yabwiye abifuza gushyigikira igikorwa cyo gushinga ishuri rihoraho ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi ko amarembo afunguye. […]

Algeria mu bihugu Papa Leo XIV ashobora gusura mu 2026

January 2, 2026 Philos Muhire 0

Nubwo gahunda y’ingendo za Papa Leo XIV mu 2026 itaratangazwa ku mugaragaro, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yamaze kugaragaza icyifuzo cyo gusura ibihugu bitandukanye […]

Papa Leo yasabye Abakristu gusabira imiryango ibabaye

December 28, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Papa Leo XIV yasabye abakristu gukomeza gusabira isi amahoro, by’umwihariko imiryango iri kunyura mu mibabaro iterwa n’intambara n’ibikorwa by’urugomo. Yabivugiye mu isengesho rya Angelus ryabereye […]

Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bongeye gusaba Guverinoma gufungura kiliziya zujuje ibisabwa

December 27, 2025 ICK News 0

Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bongeye gusaba Leta y’u Rwanda gukora ibishoboka byose kugira ngo kiliziya zujuje ibisabwa zifungurwe. Ibi byatangajwe mu ibaruwa ikubiyemo ubutumwa bashyizeho […]

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yashimiwe uruhare igira mu iterambere ry’igihugu

December 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Guverinoma y’u Rwanda yashimye uruhare rwa Kiliziya Gatolika mu iterambere ry’u Rwanda binyuze mu ngeri zitandukanye zirimo uburezi, ubuvuzi n’imibereho myiza y’Abanyarwanda. Ibi byagarutsweho kuri […]

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yizihije ibirori byo gusoza Yubile y’Impurirane

December 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatandatu, Kiliziya Gatolika mu Rwanda yahimbaje ibirori byo gusoza Yubile y’Impurirane y’Imyaka 125 Ivanjili igeze mu Rwanda n’iya 2025 ishize Kristu acunguye […]

Papa Leo yasabye Amerika kwirinda gukoresha ingufu za gisirikare mu guhirika perezida wa Venezuela

December 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Papa Leo XIV yasabye ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa Kabiri kutagerageza gukuraho Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 … 13 »

AMAKURU MASHYA

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS