• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

IMIBEREHO

Icyizere cy’ahazaza ku batunzwe na moto kigeze mu manegeka

November 30, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu myaka irenga icumi ishize, Narcisse Maniraguha utuye mu mujyi wa Muhanga yaguze igare atangira umwuga w’ubunyonzi, ariko hashize igihe gito amagare aza guhagarikwa mu […]

Gicumbi: Bamwe mu bagore barinubira ihohoterwa rishingiye ku mibonano mpuzabitsina

November 29, 2024 Ishimwe Honore 0

Hari imvugo y’Ikinyarwanda igira iti “Uwakoye akora aho ashaka”. Imvugo nk’izi ngo bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Gicumbi bakunze kuzikoresha bumva ko bakwiye […]

Rwamagana: Abarobyi bo mu Kiyaga cya Muhazi biyemeje gutanga umuti w’igwingira

November 28, 2024 Muvunankiko Valens 0

Ihuriro ry’abarobyi bakorera mu Kiyaga cya Muhazi giherereye mu Karere ka Rwamagana, Umurenge wa Munyiginya, biyemeje kurwanya ikibazo cy’igwingira mu baturanyi babo bakoresheje intungamubiri zitangwa […]

Biden arashaka gusiga ashyize iherezo ku ntambara muri Gaza

November 27, 2024 ICK News 0

Nyuma y’uko Perezida Joe Biden agize uruhare mu igerwaho ry’amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Isiraheli na Libani mu gihe cy’iminsi 60 iri imbere, we […]

Iposita, Itumanaho ab’ubu bumva mu makuru gusa

November 24, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu Rwanda, urugendo rwo kugeza ubutumwa ku bo bugenewe rugizwe n’amateka maremare, aho mbere y’umwaduko w’abazungu umuntu yabwiraga intumwa amagambo, akagenda akayasubiriramo uwo amutumyeho. Aho […]

Bugesera: Menya ibikorwa bigiye gushorwamo miliyari 9Frw

November 22, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera n’abafatanyabikorwa bako mu mishinga y’ibikorwa by’iterambere ry’imijyi, bagiye gushora asaga miliyari 9Frw mu bikorwa binyuranye by’iterambere mu Mujyi wa Nyamata. Bimwe […]

Inama za OMS ku bahangayitse

November 20, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Muri iyi si yihuta cyane, guhangayinka (stress) byabaye nk’ibisanzwe kuri benshi kubera igitutu mu kazi, uburemere bw’ibibazo by’umuntu ku giti cye, inkuru zidashira ku bibazo […]

TTC de la Salle Byumba: Barasaba kuvugururirwa igikoni kimaze imyaka 71

November 20, 2024 Ishimwe Honore 0

Abayobozi n’abakozi b’ishuri Nderabarezi rya Byumba ‘TTC de la Salle Byumba’ barasaba ko igikoni cy’iri shuri kivugururwa kuko kimaze gusaza cyane. Bamwe mu baganiriye na […]

Ese ni Jenoside? Papa Fransisiko arasaba iperereza ryimbitse ku bibera muri Gaza

November 19, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Papa Fransisiko yasabye ko hakorwa iperereza ku bikorwa by’igisirikare cya Isiraheli muri Gaza kugira ngo harebwe niba byaba atari Jenoside ikorerwa abaturage ba Palesitine. Mu […]

Gicumbi: Barasaba gufashwa kugira ijambo ku butaka bwabo

November 19, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu batuye mu bice byegereye imipaka ihuza u Rwanda na Uganda bakomeje gusaba inzego zifite mu nshingano kubafasha kubona ibyangombwa by’ubutaka bwabo buherereye ku […]

Posts pagination

« 1 … 33 34 35 … 53 »

AMAKURU MASHYA

  • Abanyeshuri ba ESB Kamonyi basabwe gukurikiza urugero rwiza rwa mu Mutagatifu Bernadette iri shuri ryisunze

    Ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026, Ishuri ryisumbuye rya Ecole Sainte Bernadette de Kamonyi, ryahimbaje Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Bernadette umurinzi w’iri shuri, abanyeshuri […]

  • Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar i Doha

    Ku Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, […]

  • Muhanga: ES Elena Guerra yatashye ibyumba bishya ku munsi Mukuru w’Ishuri

    Ishuri ryisumbuye rya ES Elena Guerra, riherereye mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ryizihije Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Elena Guerra, umurinzi w’iri shuri, […]

  • Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

  • Pep Guardiola aratanduka na Manchester City nyuma y’umukino wo ku Cyumweru

    Umutoza w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Pep Guardiola w’imyaka 55 y’amavuko, yatangaje ko azava muri Manchester City mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, asoza urugendo rw’imyaka 10 […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS