• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AMAKURU

Abanyarwanda twigiye ku mateka, twubaka igihugu kizira ivangura – Perezida wa Sena

April 13, 2026 Byiringiro Patrick 0

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François Xavier, yavuze ko Abanyarwanda bahisemo gukura amasomo mu mateka mabi igihugu cyanyuzemo, bagaharanira kubaka u Rwanda rutarangwamo […]

Papa Leo yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 mu bihugu bine bya Afurika

April 13, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mata 2026, Papa Leo XIV yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 azagirira mu bihugu bine bya Afurika: Algérie, Cameroun, Angola […]

Perezida Kagame yashimiye Ismaïl Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti

April 13, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, aho yamushimiye intsinzi yegukanye mu matora aheruka yamuhesheje […]

Uganda: Kainerugaba yavuze kuri Israel amagambo yateje impaka

April 12, 2026 ICK News 0

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga nyuma yo gutangaza ubutumwa bubiri bukomeye kandi butavugwaho rumwe ku […]

Ismaïl Omar Guelleh yongeye gutorerwa kuyobora Djibouti

April 11, 2026 ICK News 0

Ibyavuye mu matora by’agateganyo bigaragaza ko Perezida wa Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu muri manda ya gatandatu ikurikirana, nyuma yo gutsinda […]

Papa Léon yakiriye Perezida Macron w’u Bufaransa baganira ku bibazo byugarije isi

April 11, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2026, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Léon XIV yakiriye mu biro bye i Vatican Perezida […]

Uko ishuri ry’umuziki rya Kabgayi rizakora

April 10, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu, tariki ya 8 Mata 2026, i Kabgayi hatangijwe ku mugaragaro ishuri ry’umuziki rigamije gufasha abana n’urubyiruko kuvumbura no guteza imbere impano zabo. […]

Djibouti: Bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu

April 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, arimo guhatanira manda ya gatandatu mu matora ya perezida ari kuba kuri uyu wa Gatanu muri iki gihugu gifite […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi 5,741

April 9, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida Paul Kagame yatanze amapeti atandukanye kuri ba Ofisiye bakuru, ba Ofisiye bato, abapolisi bato ndetse na ba Suzofisiye, muri Polisi y’u Rwanda. Abapolisi batanu […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yatangije ku mugaragaro ishuri ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi

April 8, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Mata 2026, yatangaje ku mugaragaro itangira ry’ishuri ry’umuziki rya […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 … 24 »

AMAKURU MASHYA

  • Musanze: Umugabo n’umugore bakekwaho gukora inzoga zitujuje ubuziranenge batawe muri yombi

    Polisi ikorera mu Karere ka Musanze, ku bufatanye n’izindi nzego, yafashe umugabo n’umugore batuye mu Mudugudu wa Gataraga, Akagari ka Rubindi, Umurenge wa Gataraga, bakekwaho […]

  • Pope Leo holds meeting with Marco Rubio at the Vatican

    Pope Leo XIV held a private meeting with U.S. Secretary of State, Marco Rubio on Thursday morning at the Vatican Apostolic Palace, where the two […]

  • Nyanza: Women Plan Rwanda conducts awareness talks aimed at preventing factors that hinder girls’ education

    Women Plan Rwanda continues its efforts to support girls’ education through awareness campaigns aimed at preventing school dropout and addressing challenges that hinder girls’ academic […]

  • ICK: Hatuwe Igitambo cya Misa cyo gusabira abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Mu gihe u Rwanda n’Isi bari mu gihe cy’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 32 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, kuri uyu […]

  • Dr. Usta Kayitesi yakiriye inyandiko zemerera uhagarariye UNAIDS mu Rwanda gutangira inshingano

    Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Usta Kayitesi, kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, yakiriye inyandiko zemerera Dr. Richard Noamesi […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS