• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: May 2025

BNR igiye gutangira kugura zahabu yo gushyira mu bubiko bw’igihugu

May 15, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko iteganya gutangira kugura zahabu izashyirwa mu bubiko bw’igihugu. Ibi byatangajwe na Guverineri Soraya Hakuziyaremye ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru […]

Visa or No Visa? A Guide for Rwandan Travelers

May 15, 2025 Yann Scordia 0

A passport is a travel document. It proves your identity, your nationality, and your right to move across borders. But it does not guarantee entry. […]

“Nzakora ibishoboka byose kugira ngo amahoro aganze”- Papa Leo XIV

May 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 14 Gicurasi 2025, Nyirubutungane Papa Leo wa XIV yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza hagati y’abayobozi b’ibihugu biri mu ntambara, […]

Loni irasaba isi yose guhagurukira ikibazo cy’abana bakoreshwa imirimo ivunanye

May 15, 2025 Akimana Desange 0

Umuryango w’Abibumbye ukomeje gusaba ubufatanye mu guhangana n’ikibazo cy’abana bakoreshwa imirimo ivunanye mu gihe abandi bacuruzwa. Ibi ni ibyagarutsweho kuri uyu wa 13 Gicurasi 2025 […]

Musenyeri Balthazar yahaye umugisha inyubako nshya z’Ishuri St André Gitarama

May 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 14 Gicurasi 2025,       Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yayoboye umuhango wo gutaha ku mugaragaro ndetse […]

Mali: Guverinoma iyobowe n’igisirikare yasheshe amashyaka ya politiki

May 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Guverinoma iyobowe n’igisirikare muri Mali yatangaje ko yasheshe amashyaka yose ya politiki akorera mu gihugu, ishyira mu […]

Gaza: Abantu 48 bahitanwe n’ibitero bya Isiraheli

May 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ibitaro byo mu majyaruguru ya Gaza byavuze ko Abanya-Palestina basaga 48 biciwe mu bitero by’indege za gisirikare za Isiraheli byagabwe mu ijoro ku wa 13 […]

Menya ingaruka ziterwa no kurya umunyu mwinshi

May 14, 2025 Philos Muhire 0

Impuguke mu mirire ziraburira abantu ko gukoresha umunyu mwinshi bishyira ubuzima bwa miliyoni z’abantu mu kaga. Mu cyumweru mpuzamahanga cyahariwe kuzirikana ingaruka z’umunyu, cyizihizwa kuva […]

U Rwanda: Indwara zitandura zikomeje guhitana benshi

May 14, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda igaragaza ko 47.7% by’abitabye Imana bose mu 2024 bahitanywe n’indwara zitandura. Iyi raporo kandi igaragaza ko impfu ziterwa n’indwara […]

U Buhinde: Abantu 14 bamaze kwicwa no kunywa inzoga ihumanye

May 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kabiri, Polisi yo mu ntara ya Punjab mu gihugu cy’Ubuhinde, yatangaje ko abantu 14 bamaze kwitaba Imana naho abandi batandatu bakaba  bajyanywe […]

Posts pagination

« 1 … 6 7 8 … 13 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS