Intama ziriyongera, Abashumba bakagabanuka
Ibiro ntaramakuru bya Leta ya Vatikani, Fides, biherutse gushyira ahagaragara ishusho rusange ya Kiliziya Gatolika hirya no hino ku isi aho imibare y’abayoboke yiyongereyeho miliyoni […]
Ibiro ntaramakuru bya Leta ya Vatikani, Fides, biherutse gushyira ahagaragara ishusho rusange ya Kiliziya Gatolika hirya no hino ku isi aho imibare y’abayoboke yiyongereyeho miliyoni […]
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu minsi iri imbere u Rwanda ruzatangiza gahunda nshya yo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga, igamije kunoza serivisi z’irangamimerere no koroshya uburyo […]
Kuwa 14 Ukwakira, 2025, Ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko raporo y’ibikorwa byo kunoza serivisi za Leta ku baturage, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana yatangaje […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo humvikanye urupfu rw’umunyapolitiki wo muri Kenya Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe imyaka itanu.Amakuru yasohowe n’ibitaro bya Sreedhareeyam […]
Rumwe mu rubyiruko rwo mu kagari ka Nyagatovu, umurenge wa Mubuga, mu karere ka Karongi ruhangayikishijwe n’ibura ry’ibikoresho byo kwifashisha muri siporo, ibintu ruvuga ko […]
Mu Murenge wa Mubuga, Akarere ka Karongi, abaturage barashima intambwe imaze guterwa mu gucunga umutekano nyuma y’uko hatangijwe irondo ry’umwuga. Bavuga ko iri rondo ryahinduye […]
Abayobozi 14 bo mu Karere ka Nyabihu batawe muri yombi bakekwaho icyaha cy’uburiganya bufitanye isano n’amafaranga yagenewe gusana inzu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]
Bamwe mu baturage batuye hafi y’icyanya cy’inganda cya Muhanga, giherereye mu murenge wa Nyamabuye, baravuga ko bakomeje kubaho mu buzima bubagoye bitewe n’uko batarishyurwa ingurane […]
Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye igihano cy’urupfu urukiko rukuru rwa gisirikare rwakatiye uwahoze ari Perezida w’icyo gihugu, Joseph Kabila, bavuga […]
Kuri uyu wa Mbere, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye indahiro z’abayobozi bashya muri Guverinoma, mu muhango wabereye muri Village Urugwiro. Mu butumwa […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS