• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Igitaramo ‘Trappish Concert’ kigiye kugaruka

November 14, 2025 ICK News 0

Ish Kevin utegura igitaramo cya Trappish yatangaje ko kigiye kugaruka nyuma y’uko umwaka ushize kitabaye. Iki gitaramo kigiye kuba ku nshuro yacyo ya kane, gitegurwa […]

Muhanga: Ubuhinzi bwa kinyamwuga ntiburumvwa na bose

November 13, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Akarere ka Muhanga ni kamwe mu turere tugizwe n’icyaro kinini kuko 75% byako ari icyaro ugereranyije n’utundi twunganira umujyi wa Kigali. ibi bisobanuye ko igice […]

Trump yasinye amasezerano asubukura ibikorwa bya Guverinoma nyuma y’iminsi 43

November 13, 2025 Muhire Obed 0

Perezida Donald Trump kuri uyu wa Gatatu yashyize umukono ku masezerano arangiza ifungwa ry’ibikorwa bya Guverinoma ryai rimaze iminsi 43, rikaba ari ryo rirerire mu mateka ya […]

Ruhango: Abaturage ba Mbuye bamaze imyaka 13 batagira amazi meza

November 13, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Bamwe mu batuye mu mudugudu wa Kigabiro n’uwa Rubona, mu kagali ka Nyakarekare, mu murenge wa Mbuye mu karere ka Ruhango, bavuga ko kutagira amazi […]

BAD igiye gushora arenga miliyari 430 Frw mu buhinzi bw’u Rwanda

November 13, 2025 ICK News 0

Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yatangaje gahunda yo gushora miliyoni 300 z’amadolari ya Amerika (angangana na miliyari zisaga 432 Frw) mu buhinzi bw’u Rwanda mu […]

Niyo Bosco avuga ko ubumuga bwo kutabona bwamuhishuriye ko Imana ibaho

November 12, 2025 Kabano Patrick 0

Umuhanzi w’umunyarwanda Niyo Bosco, wamamaye mu ndirimbo zakunzwe nka Ubugenza Ute, Ibanga na Seka n’izindi, yagaragaje urugendo rudasanzwe rw’ubuzima bwe mu kiganiro yagiranye na One […]

Muhanga: Bararana n’amatungo kuko urusaku rw’inganda rutuma batumva igikomye

November 12, 2025 Manishimwe Janvier 0

Abaturage batuye hafi y’Icyanya cy’Inganda cya Muhanga, giherereye mu Mudugudu wa Gihuma, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye, baravuga ko babangamiwe n’ubujura bw’amatungo yabo bavuga […]

Gabon: Umugore n’umuhungu wa Ali Bongo bakatiwe gufungwa imyaka 20

November 12, 2025 Muhire Obed 0

Urukiko rwo muri Gabon rwakatiye Sylvia Bongo, umugore w’uwahoze ari Perezida Ali Bongo, n’umuhungu we Noureddin Bongo Valentin, igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo kubahamya ibyaha byo kunyereza umutungo […]

Residents around Muhanga Industrial Park express concern over livestock theft

November 12, 2025 Manishimwe Janvier 0

Residents living near the Muhanga Industrial Zone, particularly in Gihuma Village, Gahogo Cell, Nyamabuye Sector, have raised serious concerns over a rise in livestock theft, […]

Kabgayi Eye Hospital hosts annual training on managing eye injuries

November 12, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

November 11, 2025, Kabgayi Eye Hospital organized a hands-on training program on treating eye injuries, known as the “Ocular Trauma Course.” The training brought together […]

Posts pagination

« 1 … 46 47 48 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS