• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Amafoto: Uko hirya no hino ku Isi binjiye muri 2025

January 1, 2025 Philos Muhire 0

Ubu urimo gusoma iyi nkuru, Isi yose iri mu mwaka mushya wa 2025. Bifata amasaha 26 kugira ngo umwaka mushya wakirwe mu masaha 39 atandukanye […]

Uko 2024 isojwe hirya ni hino mu Rwanda

December 31, 2024 IRAMBONA Papias 0

Abanyamakuru: Aline Umutesi & Papias Irambona Abanyarwanda hirya ni hino mu gihugu bamaze kwinjira mu mwaka mushya wa 2025. Umwaka hari abawinjiyemo bari mu masengesho, […]

Dufate imigambi mishya-Ubutumwa bw’Umwepiskopi wa Kabgayi busoza 2024

December 31, 2024 Philos Muhire 0

Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiksopi wa Diyosezi ya Kabgayi yasabye abakirisitu gufata imigambi mishya mu mwaka mushya wa 2025, irimo gukuza ubuvandimwe n’umubano mwiza mu bandi. […]

Batanu bakurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rwa Liam Payne

December 31, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubushinjacyaha bwa Argentine bukurikiranye abantu batanu bashinjwa kugira uruhare mu urupfu rw’umuhanzi Liam Payne wahoze mu itsinda rya One direction Urupfu rw’icyamamare mu muziki Liam […]

Nyuma y’imyaka 8 mu rubanza, Angelina Jolie na Brad Pitt bumvikanye kuri gatanya

December 31, 2024 Umutesi Aline 0

James Simon, umwunganizi mu mategeko wa Angelina Jolie yatangaje ko umukiriya we n’uwahoze ari umugabo we, Brad Pitt bemeranyije kuri gatanya nyuma y’imyaka umunani bari […]

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi

December 31, 2024 IRATUZI Bardine 0

Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwemeje icyemezo cyo guta muri yombi uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol kubera ko ngo yashyize […]

President Kagame’s Year-End Message to Rwanda’s Forces

December 30, 2024 ICK News 0

As the curtain falls on another year, President Paul Kagame has delivered a stirring end-of-year message, reflecting on the achievements and sacrifices of Rwanda’s Defence […]

Kabgayi Eye Unit Restores Vision to an Entire Family

December 30, 2024 Kwihangana Joshua 0

For over three years, the Kabgayi Eye Unit, in partnership with the See You Non-Government Organization, has been providing specialized eye care to children under […]

Malayika yaratugendereye-Imbamutima z’Umuryango wa Ntakiturimana wavuwe amaso

December 30, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Imyaka isaga itatu irashize Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’umuryango ‘See you’ batanga ubuvuzi bw’amaso ku bana bari munsi y’imyaka 18 mu turere twose […]

Umunyarwanda uzigama 10,000Frw ku kwezi yagenda mu ndege

December 30, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Abanyarwanda benshi batekereza ko kugenda mu ndege bifite abo bigenewe kurusha abandi. Abatekereza gutyo, ahanini babiterwa no kumva ko badafite ubushobozi bubemerera kwigondera itike yayo. […]

Posts pagination

« 1 … 170 171 172 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS