• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Gakenke: Babangamiwe n’iyangirika ry’umuhanda Vunga-Muvumba-Muhanga

April 28, 2025 ICK News 0

Abaturage batuye mu Mirenge ya Mugunga na Muzo ho mu Karere ka Gakenke bavuga ko babangamiwe n’umuhanda umaze imyaka myinshi warangiritse cyane ku buryo batoroherwa […]

Vatikani yatangaje itariki yo gutangira amatora ya Papa mushya

April 28, 2025 Philos Muhire 0

Vatikani yatangaje ko mu kwezi gutaha, Abakaridinali bazateranira mu mwiherero udasanzwe (Conclave) kugira ngo batore Papa mushya. Uyu mwiherero uzatangira ku wa 7 Gicurasi muri […]

Koreya ya Ruguru yashyize yemera ko yohereje ingabo mu Burusiya

April 28, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Mata 2025, Koreya ya Ruguru yemeje ku nshuro ya mbere ko yohereje abasirikare ibihumbi, toni nyinshi z’amasasu bigamije […]

Bagaragaje impinduka zikomeye: Amateka y’Aba Papa b’Abanyafurika

April 27, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Amateka ya Kiliziya Gatolika agaragaza ko mu Bapapa 266 bamaze kuyobora Kiliziya harimo batatu bakomokaga muri Afurika. Abo Bapapa bakomokaga muri Afurika ya ruguru, igice […]

Ibyo wamenya ku gikomangoma Al-waleed, Umuherwe umaze imyaka 20 muri Koma

April 27, 2025 Philos Muhire 0

Igikomangoma Al-Waleed bin Khaled bin Talal Al Saud, wo muri Arabia Saudite, amaze imyaka irenga 20 ari mu koma nyuma y’impanuka y’imodoka yabaye mu 2005 […]

Tanzania yakuyeho icyemezo cyo guhagarika ibicuruzwa byaturukaga muri Afurika y’Epfo na Malawi

April 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Mata 2025, Tanzania yakuyemo icyemezo cyo guhagarika ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi byaturukaga muri Malawi na […]

Ikirere cyari cyafunzwe: Abantu 250,000 basezeye Papa Fransisiko

April 26, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025, abantu ibihumbi amagana bateraniye mu Mbuga ya Mutagatifu Petero i Vatikani, mu muhango wo gusezera bwa […]

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

April 26, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatandatu, amaso yose yahanzwe i Vatikani mu muhango wo gusezera bwa nyuma no gushyingura Papa Fransisiko witabye Imana ku wa Mbere wa […]

APR BBC yabonye itike ya 1/2, mu gihe Patriots na REG zasezerewe

April 26, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Mu irushanwa ryo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, ikipe y’ingabo z’igihugu, APR BBC yabonye itike ya 1/2 nyuma yo gutsinda REG amanota 81-68 mu mukino wabaye […]

Menya abanyacyubahiro bari bwitabire umuhango wo gushyingura Papa Fransisiko

April 25, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ejo ku wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025 nibwo biteganyijwe ko Nyakwigendera Papa Fransisiko azasezerwaho bwa nyuma ndetse anashyingurwe. Ni umuhango biteganyijwe ko uzabebanzirizwa […]

Posts pagination

« 1 … 122 123 124 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS