• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Seminari nto ya Kabgayi yateguye Igitaramo cy’Imbaturamugabo

May 1, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku wa Gatandatu, tariki ya 3 Gicurasi 2025 nibwo mu Iseminari Nto ya Kabgayi hazabera igitaramo cy’imbaturamugabo ‘Resurrexit Concert’ Iki Gitaramo ngarukamwaka cyitiriwe Izuka rya […]

Ruhango: Abahinzi barasaba ubufasha mu gukora ubuhinzi budategereje imvura

May 1, 2025 Kwihangana Joshua 0

Uko ubuhinzi bugenda butera imbere, abahinzi hirya no hino bakomeje kugenda bava ku guhinga mu buryo bwa gakondo bagahinga mu buryo bugezweho ari nako badategereza […]

Suwede: Batatu barasiwe muri Salon itunganya umusatsi bahasiga ubuzima

April 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abantu batatu bishwe barashwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Mata 2029 mu mujyi wa Uppsala muri Suwede, kandi hatabwa muri yombi umuntu w’imyaka […]

Atlético de Madrid yasinye amasezerano yo kwamamaza Visit Rwanda

April 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Atlético de Madrid yo muri Espagne yasinye amasezerano y’ubufatanye n’Urwego rw’igihugu rw’Iterambere (RBD) yo kwamamaza “Visit Rwanda”, igikorwa kigamije guteza imbere ubukerarugendo bw’u Rwanda. Ni […]

Atlético Madrid signs landmark sponsorship deal with Visit Rwanda

April 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Spanish football giants Atlético de Madrid have signed a multi-year sponsorship agreement with the Rwanda Development Board (RDB), making Visit Rwanda an official partner of […]

100 Days into Trump’s Second Term: Implications for Rwanda

April 29, 2025 Yann Scordia 0

As U.S. President Donald Trump marks the first 100 days of his second term in office, his administration is already reshaping American foreign policy, particularly […]

Umukaridinali yikuye muri ‘conclave’ izatorerwamo Papa mushya

April 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Karidinali w’Umutaliyani Giovanni Angelo Becciu, wahamwe n’icyaha cyo kunyereza umutungo no gukora uburiganya, yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko atazitabira inama ya “conclave” izatorerwamo Papa […]

Massive Blackout Hits Spain and Portugal

April 29, 2025 Yann Scordia 0

Yesterday, April 28, 2025, a massive and unprecedented power outage disrupted life across Spain and Portugal, affecting millions and stranding thousands. The blackout, which began […]

Abimukira b’Abanyafurika 68 biciwe mu gitero cya Amerika muri Yemeni

April 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umutwe w’aba- Houthi wo muri Yemeni wavuze ko igitero cy’indege za Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagabye ku kigo cyakira Abimukira giherereye mu majyaruguru ashyira […]

Putin yatangaje agahenge k’iminsi itatu mu ntamabara yo muri Ukraine

April 28, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa mbere, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko u Burusiya buzahagarika imirwano muri Ukraine mu gihe cy’iminsi itatu kugira ngo bihurirane n’umunsi […]

Posts pagination

« 1 … 121 122 123 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS