• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Amerika n’Ubushinwa byagabanyije umusoro w’ibicuruzwa ku mpande zombi

May 12, 2025 Kwihangana Joshua 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa byemeranyije amasezerano yo kugabanya imisoro buri gihugu cyari cyarashyize ku bicuruzwa biva mu bihugu byombi mu gihe cy’iminsi […]

Tujye twibuka ko abantu baruhukiye hano atari inomero/ Minisitiri Mpambara

May 12, 2025 Muvunankiko Valens 0

Ku cyumweru itariki ya 11 Gicurasi 2025, Imibiri 5 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yashyinguwe mu cyubahiro mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Kamonyi, ruherereye […]

U Buhinde: Ibibuga by’indege 32 byongeye gukora nyuma y’agahenge

May 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ikigo gishinzwe iby’indege mu Buhinde (AAI) cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko ibibuga by’indege 32 biherereye mu majyaruguru no mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Buhinde […]

DRC: Abarenga 100 bahitanwe n’umwuzure

May 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ubuyobozi mu ntara ya Kivu y’Epfo bwatangaje ko umwuzure ukomeye wibasiye uduce twinshi twegereye umugezi wa Kasaba uherereye muri teretwari ya Fizi muri Repuburika Iharanira […]

Umwepiskopi wa Kabgayi yagaragaje uruhare rwa Kiliziya mu burere bw’abanyeshuri

May 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w’ishuri ryitiriwe Mutagatifu Berinadeta rya Kamonyi (ESB-K), byabaye ku wa Gatandatu tariki ya 10 Gicurasi 2025, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, […]

Papa Leo XIV arasaba ko intambara zishyirwaho akadomo

May 11, 2025 Philos Muhire 0

Mu isengesho rye rya mbere rya Regina Coeli (Umwamikazi w’Ijuru), Papa Leo wa XIV yatanze ubutumwa bukomeye busaba ihagarikwa ry’intambara zikomeje mu bice bitandukanye by’isi, […]

Basketball: Shampiyona igeze ahakomeye

May 11, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Mu gihe shampiyona y’umukino w’amaboko ya Basketball igenda igana ku musozo, abakurikiranira hafi iyi mikino bakomeje kwibaza uko izarangira bijyanye n’uko amakipe menshi akomeje kotsanya […]

RGB yahagaritse ‘Grace Room’ kubera kunyuranya n’amategeko

May 10, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa 10 Gicurasi, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko rwambuye icyangombwa cy’ubuzimagatozi Minisiteri ya Grace Room, iyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda, kubera kutubahiriza […]

Kamonyi -Ngamba: Barasaba kubakirwa ikimenyetso cy’amateka kuri Nyabarongo

May 10, 2025 Muvunankiko Valens 0

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo  mu murenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi Barasaba kubakirwa ikimenyetso cy’amateka kuri Nyabarongo ahitwa ku rutare ahiciwe Abatutsi benshi […]

Ubuhinde na Pakisitan bemeranyije guhagarika imirwano

May 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10 Gicurasi 2025, Pakistan n’Ubuhinde byatangaje ko byemeranyije guhagarika imirwano byari bimazemo iminsi, nyuma y’ubwiyongere n’ubushyamirane bwari bumaze guhitana […]

Posts pagination

« 1 … 116 117 118 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS