• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Muhanga: Barasaba ko ubucuruzi bwa gaz bukorwa amasaha 24/24

May 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Tekereza wiriwe mu kazi, ukirirwa utariye kubera akazi kenshi ndetse bikaba ngombwa ko utinda mu kazi ku buryo ugera mu rugo bwije cyane.  Nyuma yo […]

Mali: Ubutegetsi bwa gisirikare bwahagaritse ibikorwa byose bya politiki mu gihugu

May 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Jenerali Assimi Goita yasinye itegeko rihagarika ibikorwa byose bya politiki mu gihugu igihe kitazwi ku wa Gatatu ku mpamvu zo kurinda […]

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

May 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Pentagon) cyatangiye gukura mu ngabo abasirikare 1,000 biyemerera ko bihinduje igitsina Ni mu gihe ku rundi ruhande abatarigaragaza […]

Barinubira umwijima ukomeje kugaragara muri imwe mu mihanda y’Umujyi wa Muhanga

May 9, 2025 ICK News 0

Abaturage batuye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga barasaba ubuyobozi bw’Akarere kubakemurira ikibazo cy’amatara yo ku mihanda imwe n’imwe amaze igihe ataka. Imwe mu […]

Ibyo wamenya kuri Papa Leon XIV, Umusimbura mushya wa Petero intumwa

May 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 8 Gicurasi 2025, Kardinali Robert Francis Prevost yatorewe kuba Papa wa 267, ahitamo gukoresha izina rya […]

“Habemus Papam”-Papa mushya yatowe

May 8, 2025 Philos Muhire 0

Inzogera zitangiye kuvuga hirya no hino. Impamvu nta yindi ni uko Kiliziya Gatolika ku isi imaze kubona Umushumba mushya, Umusimbura wa Petero Intumwa. Itora rya […]

BasiGo Launches Electric Buses in Muhanga, Marking a Shift in Rwanda’s Public Transport

May 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

In December 2023, BasiGo introduced its electric bus pilot in Rwanda, quickly attracting strong demand from transport operators, including Volcano Express. On March 8, 2025, […]

Pakistani irateganya kwihorera ku bitero by’u Buhinde

May 8, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Umwuka w’ubushyamirane hagati y’u Buhinde na Pakistan ukomeje gufata indi ntera kuko Pakistani yatangaje ko iteganya kwihorera nyuma y’ibitero bishya by’u Buhinde. Nk’uko bitangwazwa na […]

Diyosezi Angilikani ya Shyogwe yaremeye uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

May 8, 2025 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 7 Gicurasi 2025, Diyosezi Angilikani Shyogwe yaremeye Rubangura Manzi Isaie kugira ngo akomezanye n’Abanyarwanda mu rugamba rwo kwiteza imbere. […]

Black smoke rises again

May 8, 2025 Philos Muhire 0

For the second time since the papal conclave began, black smoke rose from the chimney of the Sistine Chapel, signaling that no candidate has yet […]

Posts pagination

« 1 … 117 118 119 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS