• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Libiya yateye utwatsi ibyo kwakira abirukanwa muri Amerika

May 8, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abategetsi ba Libiya batangaje kuri uyu wa Gatatu ko nta masezerano namwe bigeze bagirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no kwakira abimukira badafite […]

“Muvane amaboko kuri Traoré”- Intabaza y’Abanyafurika

May 8, 2025 Philos Muhire 0

Afite imyaka 37 gusa, Kapiteni mu ngabo za Burkina Faso, igihugu gito cyo muri Afurika y’Uburengerazuba, yirukanye ingabo z’amahanga ku butaka bwe, asubiza igihugu cye […]

No Pope: First Conclave Ballot Ends Without Election

May 7, 2025 Philos Muhire 0

Vatican City, May 7, 2025- The Sistine Chapel remains veiled in silence and suspense as the first round of the papal conclave concluded without the […]

Ikipe y’Akarere ka Muhanga yazamutse mu cyiciro cya mbere

May 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Hari hashize imyaka ine, Ikipe y’Akarere ka Muhanga idakandagira mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru ‘Rwanda Premier League’. Icyakora iyi nkuru yahindutse ku gicamunsi cyo […]

Nyabihu-Vunga: Ibiza byongeye kwibasira abaturage

May 7, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Agace karimo umuhanda wa Vunga-Kiruruma n’ibikorwaremezo biwuturiye ni kamwe mu duce tw’Umurenge wa Shyira ho mu Karere ka Nyabihu gakunze kwibasirwa cyane n’ibiza biterwa n’amazi […]

Sudani yacanye umubano na UAE iyishinja gushyigikira abarwanyi ba RSF

May 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Leta ya Sudani yahagaritse umubano wa dipolomasi na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), nyuma yo gushinja kenshi iki gihugu cyo mu burasirazuba bwo hagati gushyigikira […]

Umwuka w’intambara ukomeje gututumba hagati y’u Buhinde na Pakistan

May 7, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, Igihugu cy’Ubuhinde cyagabye igitero cya misile zambukiranya imipaka muri pakstani gihitana abantu 26 gikomeretsa 46. Iki gitero cyiswe […]

Trump yemereye $1,000 kuri buri mwimukira wakwiyirukana muri Amerika

May 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemereye abimukira bari muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko amadolari 1,000, ni ukuvuga asaga miliyoni 1,4FRW kuri buri muntu, […]

Ibitero bya Ukraine mu Burusiya byahagaritse ingendo z’indege

May 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indege zitagira abapilote zo muri Ukraine zagabye igitero i Moscow mu Burusiya mu ijoro rya ku wa Mbere, bituma ibibuga by’indege bine bifunga by’agatenganyo mbere […]

Ubufatanye bwa ICK na CHE bwageze mu Ishami ry’Ubuzima

May 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa Mbere tariki ya 5 Gicurasi 2025, abarimu babiri bo muri Kaminuza ya Christelijke Hogeschool Ede (CHE) yo mu Buholandi basoje kwigisha isomo ryihariye ryibanda […]

Posts pagination

« 1 … 118 119 120 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS