Umwami w’u Bwongereza yasuye Papa Fransisiko
Kuri uyu wa Gatatu , itangazo ryashyizwe hanze n’ingoro y’ubwami bw’u Bwongereza Buckingham Palace, ryatangaje ko Umwami Charles III n’Umwamikazi Camilla bamaze iminsi i Roma […]
Kuri uyu wa Gatatu , itangazo ryashyizwe hanze n’ingoro y’ubwami bw’u Bwongereza Buckingham Palace, ryatangaje ko Umwami Charles III n’Umwamikazi Camilla bamaze iminsi i Roma […]
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko arenga miliyoni 570 z’Amadolari ya Amerika yakoreshejwe n’abanyamahanga imbere mu Rwanda binyuze mu bicuruzwa na servisi baguze […]
Mu 1986, ababyeyi ba Murangwayire Lillianne bafashe umwanzuro wo kumwohereza muri Komini Shyorongi, Akarere ka Nyarugenge y’ubu, ho mu mujyi wa Kigali. Uyu mwana uvuka […]
Hashize imyaka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye. Mu yahoze ari Perefegitura ya Gitarama, Jenoside yashyizwe mu bikorwa nyuma y’inama yabereye i Murambi kuwa […]
Ubuyobozi mu gihugu cya Dominican Republic bwatangaje ko abantu 98 aribo bamaze kumenyekana ko bapfuye, abandi barenga 150 barakomereka nyuma yuko bagwiriwe n’igisenge cya kabyiniro […]
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Loni, Antonio Guterres arasaba abatuye isi kwirinda imiyoboro iyo ari yo yose yazana amacakubiri ashobora gusubiza abantu mu icuraburindi nk’iryatewe na […]
Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza umushinga wa miliyari 360 Frw wo kubaka imihanda ya kaburimbo ireshya na kilometero 215 izafasha mu kunoza ingendo n’ubwikorezi imbere […]
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 7 Mata 2025, mu Rwanda no mu bice bitandukanye by’isi, hatangijwe ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatangije n’Abanyarwanda biganjemo urubyiruko mu rugendo […]
Ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko abantu 33 aribo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi yaguye mu murwa mukuru Kinshasa […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS