• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUKUNGU

Amerika n’Ubushinwa byagabanyije umusoro w’ibicuruzwa ku mpande zombi

May 12, 2025 Kwihangana Joshua 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa byemeranyije amasezerano yo kugabanya imisoro buri gihugu cyari cyarashyize ku bicuruzwa biva mu bihugu byombi mu gihe cy’iminsi […]

Muhanga: Barasaba ko ubucuruzi bwa gaz bukorwa amasaha 24/24

May 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Tekereza wiriwe mu kazi, ukirirwa utariye kubera akazi kenshi ndetse bikaba ngombwa ko utinda mu kazi ku buryo ugera mu rugo bwije cyane.  Nyuma yo […]

Tanzaniya: Perezida yazamuye umushahara fatizo ku kigero cya 35.1%

May 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko umushahara fatizo ku bakozi ba Leta yawuzamuyeho 35.1%, ugera ku mashilingi ibihumbi 500. Perezida Hassan yabitangaje kuri […]

Tanzania yakuyeho icyemezo cyo guhagarika ibicuruzwa byaturukaga muri Afurika y’Epfo na Malawi

April 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Mata 2025, Tanzania yakuyemo icyemezo cyo guhagarika ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi byaturukaga muri Malawi na […]

Tanzania yahagaritse ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo na Malawi

April 24, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma ya Tanzania yafashe umwanzuro wo guhagarika itumizwa ry’ibicuruzwa byose bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo no muri Malawi, bitewe n’uko ibyo bihugu byombi […]

U Rwanda rwazamuye amafaranga yo kwandikisha imodoka

April 22, 2025 Philos Muhire 0

Guhera ku wa 17 Mata 2025, Leta y’u Rwanda yashyizeho amabwiriza mashya azamura amafaranga yo kwandikisha imodoka, akazashingira ku bunini bwa moteri (engine capacity), harimo […]

Trump yacururutse, ariko si kuri bose  

April 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika by’agateganyo icyemezo cyo kongera imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu bimwe na […]

Abasuye u Rwanda bakoresheje hafi miliyoni $600 muri serivisi z’ingendo muri 2024

April 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko arenga miliyoni 570 z’Amadolari ya Amerika yakoreshejwe n’abanyamahanga imbere mu Rwanda binyuze mu bicuruzwa na servisi baguze […]

Ibyo wamenya ku mushinga wa miliyari 360 wo kubaka imihanda ya kaburimbo mu ntara

April 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza umushinga wa miliyari 360 Frw wo kubaka imihanda ya kaburimbo ireshya na kilometero 215 izafasha mu kunoza ingendo n’ubwikorezi imbere […]

Abayobozi bo ku Isi bamaganye imisoro yashyizweho na Perezida Trump

April 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]

Posts pagination

« 1 … 12 13 14 … 22 »

AMAKURU MASHYA

  • Dr. Usta Kayitesi yakiriye inyandiko zemerera uhagarariye UNAIDS mu Rwanda gutangira inshingano

    Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Usta Kayitesi, kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, yakiriye inyandiko zemerera Dr. Richard Noamesi […]

  • U Rwanda rukomeje ingamba zo guteza imbere urubyiruko nubwo hakiri imbogamizi

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Népo Abdallah yavuze ko Leta y’u Rwanda ikomeje gushyira imbere ingamba zigamije guteza imbere urubyiruko, binyuze mu kurworohereza […]

  • Abana banditswe mu irangamimerere bariyongereye mu 2025

    Mu mwaka wa 2025, abana 356,838 ni bo banditswe mu irangamimerere mu Rwanda, bigaragaza intambwe ishimishije mu gukomeza kunoza serivisi z’ingenzi ku baturage no kubahiriza […]

  • U Rwanda na Tanzania byiyemeje kurushaho gufatanya mu bucuruzi n’ibikorwaremezo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe muri Tanzania kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, aho yakiriwe na […]

  • Igitaramo cya Pasika n’icya Noheli bigomba kuba umuco i Kabgayi– Musenyeri Ntivuguruzwa

    Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yavuze ko guhimbaza ibitaramo byo kwizihiza Pasika na Noheli bigomba kuba umuco uhoraho muri iyi Diyosezi, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS