• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUKUNGU

U Buhinde: Abantu 14 bamaze kwicwa no kunywa inzoga ihumanye

May 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kabiri, Polisi yo mu ntara ya Punjab mu gihugu cy’Ubuhinde, yatangaje ko abantu 14 bamaze kwitaba Imana naho abandi batandatu bakaba  bajyanywe […]

Amerika n’Ubushinwa byagabanyije umusoro w’ibicuruzwa ku mpande zombi

May 12, 2025 Kwihangana Joshua 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa byemeranyije amasezerano yo kugabanya imisoro buri gihugu cyari cyarashyize ku bicuruzwa biva mu bihugu byombi mu gihe cy’iminsi […]

Muhanga: Barasaba ko ubucuruzi bwa gaz bukorwa amasaha 24/24

May 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Tekereza wiriwe mu kazi, ukirirwa utariye kubera akazi kenshi ndetse bikaba ngombwa ko utinda mu kazi ku buryo ugera mu rugo bwije cyane.  Nyuma yo […]

Tanzaniya: Perezida yazamuye umushahara fatizo ku kigero cya 35.1%

May 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko umushahara fatizo ku bakozi ba Leta yawuzamuyeho 35.1%, ugera ku mashilingi ibihumbi 500. Perezida Hassan yabitangaje kuri […]

Tanzania yakuyeho icyemezo cyo guhagarika ibicuruzwa byaturukaga muri Afurika y’Epfo na Malawi

April 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Mata 2025, Tanzania yakuyemo icyemezo cyo guhagarika ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi byaturukaga muri Malawi na […]

Tanzania yahagaritse ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo na Malawi

April 24, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma ya Tanzania yafashe umwanzuro wo guhagarika itumizwa ry’ibicuruzwa byose bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo no muri Malawi, bitewe n’uko ibyo bihugu byombi […]

U Rwanda rwazamuye amafaranga yo kwandikisha imodoka

April 22, 2025 Philos Muhire 0

Guhera ku wa 17 Mata 2025, Leta y’u Rwanda yashyizeho amabwiriza mashya azamura amafaranga yo kwandikisha imodoka, akazashingira ku bunini bwa moteri (engine capacity), harimo […]

Trump yacururutse, ariko si kuri bose  

April 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika by’agateganyo icyemezo cyo kongera imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu bimwe na […]

Abasuye u Rwanda bakoresheje hafi miliyoni $600 muri serivisi z’ingendo muri 2024

April 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko arenga miliyoni 570 z’Amadolari ya Amerika yakoreshejwe n’abanyamahanga imbere mu Rwanda binyuze mu bicuruzwa na servisi baguze […]

Ibyo wamenya ku mushinga wa miliyari 360 wo kubaka imihanda ya kaburimbo mu ntara

April 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza umushinga wa miliyari 360 Frw wo kubaka imihanda ya kaburimbo ireshya na kilometero 215 izafasha mu kunoza ingendo n’ubwikorezi imbere […]

Posts pagination

« 1 … 12 13 14 … 22 »

AMAKURU MASHYA

  • Pope Leo’s first Encyclical Magnifica Humanitas: A call for Artificial Intelligence to serve humanity, not the power of a few

    One hundred and thirty-five years after the publication of ‘Rerum Novarum’, the landmark social encyclical issued in 1891 by Pope Leo XIII, the Catholic Church […]

  • ESB Kamonyi yatashye inyubako nshya y’ishuri, ababyeyi bashimirwa uruhare bayigizeho

    Mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w’Ishuri rya Ecole Sainte Bernadette Kamonyi (ESBK),hatashywe ku mugaragaro inyubako nshya y’amashuri ifite ibyumba 12 yubatswe ku bufatanye bw’ubuyobozi […]

  • Abanyeshuri ba ESB Kamonyi basabwe gukurikiza urugero rwiza rwa mu Mutagatifu Bernadette iri shuri ryisunze

    Ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026, Ishuri ryisumbuye rya Ecole Sainte Bernadette de Kamonyi, ryahimbaje Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Bernadette umurinzi w’iri shuri, abanyeshuri […]

  • Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar i Doha

    Ku Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, […]

  • Muhanga: ES Elena Guerra yatashye ibyumba bishya ku munsi Mukuru w’Ishuri

    Ishuri ryisumbuye rya ES Elena Guerra, riherereye mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ryizihije Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Elena Guerra, umurinzi w’iri shuri, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS