Amerika n’Ubushinwa byagabanyije umusoro w’ibicuruzwa ku mpande zombi
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa byemeranyije amasezerano yo kugabanya imisoro buri gihugu cyari cyarashyize ku bicuruzwa biva mu bihugu byombi mu gihe cy’iminsi […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa byemeranyije amasezerano yo kugabanya imisoro buri gihugu cyari cyarashyize ku bicuruzwa biva mu bihugu byombi mu gihe cy’iminsi […]
Tekereza wiriwe mu kazi, ukirirwa utariye kubera akazi kenshi ndetse bikaba ngombwa ko utinda mu kazi ku buryo ugera mu rugo bwije cyane. Nyuma yo […]
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko umushahara fatizo ku bakozi ba Leta yawuzamuyeho 35.1%, ugera ku mashilingi ibihumbi 500. Perezida Hassan yabitangaje kuri […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Mata 2025, Tanzania yakuyemo icyemezo cyo guhagarika ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi byaturukaga muri Malawi na […]
Guverinoma ya Tanzania yafashe umwanzuro wo guhagarika itumizwa ry’ibicuruzwa byose bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo no muri Malawi, bitewe n’uko ibyo bihugu byombi […]
Guhera ku wa 17 Mata 2025, Leta y’u Rwanda yashyizeho amabwiriza mashya azamura amafaranga yo kwandikisha imodoka, akazashingira ku bunini bwa moteri (engine capacity), harimo […]
Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika by’agateganyo icyemezo cyo kongera imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu bimwe na […]
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko arenga miliyoni 570 z’Amadolari ya Amerika yakoreshejwe n’abanyamahanga imbere mu Rwanda binyuze mu bicuruzwa na servisi baguze […]
Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza umushinga wa miliyari 360 Frw wo kubaka imihanda ya kaburimbo ireshya na kilometero 215 izafasha mu kunoza ingendo n’ubwikorezi imbere […]
Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS