• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UMUTEKANO

Misiri: 17 baburiwe irengero nyuma y’irohama ry’ubwato

November 25, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Ugushyingo 2024, Abategetsi ba Misiri batangaje ko abantu 17 baburiwe irengero nyuma y’uko ubwato bw’ubukerarugendo burohamiye mu Nyanja […]

Isiraheli: Netanyahu yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi

November 21, 2024 ICK News 0

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu, uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo muri Isiraheli Yoav Gallant, ndetse […]

Abanyamaguru barashinjwa kuba intandaro y’amakosa ahanirwa abatwara ibinyabiziga  

November 21, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abayobozi b’ibinyabiziga bo mu bice bitandukanye by’umwihariko mu Karere ka Muhanga, barinubira ibihano bahabwa mu muhanda, bitewe n’amakosa akorwa n’abanyamaguru. Bamwe mu baganiriye na ICK […]

Ibyo wamenya kuri politiki nshya yo kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza mu Rwanda

November 11, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ku wa 7 Ugushyingo 2024, Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yashyize ahagaragara raporo ikubiyemo ingamba zafashwe n’u Rwanda mu kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza. Ni raporo […]

Australia: Abana bari munsi y’imyaka 16 bagiye gusezera imbuga nkoranyambaga

November 7, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Minisitiri w’intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko guverinoma y’iki gihugu igiye gushyiraho amategeko abuza abana bari munsi […]

Indoneziya: Iruka ry’ikirunga ryahitanye abantu batandatu

November 4, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, Ikigo cy’igihugu gishinzwe gucunga ibiza muri Indoneziya cyatangaje ko byibuze abantu batandatu bapfuye bazize iruka ry’ikirunga cya Lewotobi […]

Guhirika Ubutegetsi, intero n’inyikirizo y’Abanyafurika

October 30, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Afurika ni umugabane wahuye n’ibizazane by’ubutegetsi n’ihungabana rya politiki kuva ibihugu biwugize byatangira kubona ubwigenge hagati mu kinyejana cya 20 aho hagiye humvikana ihirikwa ry’ubutegetsi […]

Burkina Faso: Perezida Traoré ntarabasha kugarura umutekano 

October 30, 2024 Umutesi Aline 0

Imibare mishya ya ‘Global Terrorism Index’ yagaragaje ko umutekano wa Burkina Faso ukomeje kuba mubi nyuma y’imyaka ibiri iki gihugu kibayemo ihirikwa ry’ubutegetsi bugafatwa n’igisirikari.  […]

Burera: Impaka ku nkuru y’ababuriye mu kirombe cy’umucanga

October 26, 2024 Ishimwe Honore 0

Mu Murenge wa Ruhunde ho mu Karere ka Burera, haravugwa inkuru y’ibura ry’abagabo batatu, bikekwa ko babuze bagiye gucukura umucanga mu kirombe cy’uwitwa Nzabanterura. Inkuru […]

Nyagatare: Imboni z’umupaka zigiye guhabwa ibikoresho byo guhangana n’abafutuzi

October 26, 2024 Ishimwe Honore 0

Umuyobozi w’Intara y’Iburasirazuba, Bwana Rubingisa Pudence yijeje imboni z’umupaka mu Karere ka Nyagatare ko hari ikigiye gukorwa ku cyifuzo cyabo cyo guhabwa ibikoresho birimo, bote, […]

Posts pagination

« 1 … 27 28 29 … 31 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS