U Buhinde: Ibibuga by’indege 32 byongeye gukora nyuma y’agahenge
Ikigo gishinzwe iby’indege mu Buhinde (AAI) cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko ibibuga by’indege 32 biherereye mu majyaruguru no mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Buhinde […]
Ikigo gishinzwe iby’indege mu Buhinde (AAI) cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko ibibuga by’indege 32 biherereye mu majyaruguru no mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Buhinde […]
Ubuyobozi mu ntara ya Kivu y’Epfo bwatangaje ko umwuzure ukomeye wibasiye uduce twinshi twegereye umugezi wa Kasaba uherereye muri teretwari ya Fizi muri Repuburika Iharanira […]
Mu isengesho rye rya mbere rya Regina Coeli (Umwamikazi w’Ijuru), Papa Leo wa XIV yatanze ubutumwa bukomeye busaba ihagarikwa ry’intambara zikomeje mu bice bitandukanye by’isi, […]
Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Jenerali Assimi Goita yasinye itegeko rihagarika ibikorwa byose bya politiki mu gihugu igihe kitazwi ku wa Gatatu ku mpamvu zo kurinda […]
Umwuka w’ubushyamirane hagati y’u Buhinde na Pakistan ukomeje gufata indi ntera kuko Pakistani yatangaje ko iteganya kwihorera nyuma y’ibitero bishya by’u Buhinde. Nk’uko bitangwazwa na […]
Abategetsi ba Libiya batangaje kuri uyu wa Gatatu ko nta masezerano namwe bigeze bagirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no kwakira abimukira badafite […]
Leta ya Sudani yahagaritse umubano wa dipolomasi na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), nyuma yo gushinja kenshi iki gihugu cyo mu burasirazuba bwo hagati gushyigikira […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, Igihugu cy’Ubuhinde cyagabye igitero cya misile zambukiranya imipaka muri pakstani gihitana abantu 26 gikomeretsa 46. Iki gitero cyiswe […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemereye abimukira bari muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko amadolari 1,000, ni ukuvuga asaga miliyoni 1,4FRW kuri buri muntu, […]
Indege zitagira abapilote zo muri Ukraine zagabye igitero i Moscow mu Burusiya mu ijoro rya ku wa Mbere, bituma ibibuga by’indege bine bifunga by’agatenganyo mbere […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS