Modi, Macron…Abasare b’indege
Mu gihe isi ikomeje guhinduka cyane, aho ubukungu, umutekano, n’imibanire mpuzamahanga bisaba guhora uri aho bibera, bamwe mu bayobozi b’ibihugu batangiye kumenyekana nk’“abasare b’indege” kuko […]
Mu gihe isi ikomeje guhinduka cyane, aho ubukungu, umutekano, n’imibanire mpuzamahanga bisaba guhora uri aho bibera, bamwe mu bayobozi b’ibihugu batangiye kumenyekana nk’“abasare b’indege” kuko […]
Faith Kipyegon na Beatrice Chebet bo muri Kenya besheje uduhigo dushya ku Isi mu buryo butangaje mu irushanwa ryo gusiganwa ku magura rya ‘Diamond League’ […]
Elon Musk yatangaje ko agiye gutangiza ishyaka rishya rya politiki, nyuma y’ibyumweru adacana uwaka na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Uyu […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rutagendera ku mategeko y’amahanga ahubwo ko ruyoborwa n’amahitamo yarwo hashingiwe ku nyungu z’abaturage n’indangagaciro […]
Perezida wa Kenya, William Ruto, avuga ko agiye kubaka urusengero ku rugo rwa Perezida i Nairobi, akazarwubakisha ku giti cye, kandi avuga ko ntacyo akwiye […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryasohoye raporo nshya y’akanama gashinzwe ibijyanye n’ubusabane, yerekana ko umuntu 1 muri 6 ku isi yose ahangayikishwa n’ingaruka […]
Abantu 51 barimo abana 15 bamaze guhitanwa n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi muri leta ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu, mu […]
Ishuri ‘Ahazaza Independent School’ riherereye mu Karere ka Muhanga ririshimira umusaruro waryo mu mwaka w’amashuri 2024-2025, by’umwihariko muri Progaramu mpuzamahanga ya Cambridge. Ibirori byo kwishimira […]
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool, Umunya-Portugal Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Espagne mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Nk’uko Polisi yo muri […]
Urukiko rwa Guinée Équatoriale rwakatiye Baltasar Egonga igifungo cy’imyaka 18 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kunyereza amafaranga ya Leta angana na miliyari imwe y’ama-Francs CFA, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS