• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Ese ni Jenoside? Papa Fransisiko arasaba iperereza ryimbitse ku bibera muri Gaza

November 19, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Papa Fransisiko yasabye ko hakorwa iperereza ku bikorwa by’igisirikare cya Isiraheli muri Gaza kugira ngo harebwe niba byaba atari Jenoside ikorerwa abaturage ba Palesitine. Mu […]

Gicumbi: Barasaba gufashwa kugira ijambo ku butaka bwabo

November 19, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu batuye mu bice byegereye imipaka ihuza u Rwanda na Uganda bakomeje gusaba inzego zifite mu nshingano kubafasha kubona ibyangombwa by’ubutaka bwabo buherereye ku […]

ICK: REMA yasuye itsinda ryo kurengera ibidukikije  

November 19, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 18 Ugushyingo 2024, bamwe mu bakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga Ibidukikije (REMA) basuye abanyeshuri ba ICK bibumbiye mu Itsinda […]

Imyaka 20 iruzuye Amavubi adakandagira mu gikombe cya Afurika

November 18, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 18 Ugushyingo 2024, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yujuje imyaka 20 itazi uko imikino ya nyuma y’Igikombe cya Afurika imera.Ni […]

Amerika yemereye Ukraine kurasa imbere mu Burusiya

November 18, 2024 ICK News 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yemereye Ukraine gukaba ibitero mu Burusiya ikoresheje misile zirasa kure zatanzwe na Amerika. Iki cyemezo kije […]

Menya ingamba zafatiwe mu Ihuriro rya 17 ry’Umuryango Unity Club Intwararumuri

November 18, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ku wa 16 Ugushyingo 2024, muri ‘Kigali Convention Center habereye Ihuriro rya 17 ry’umuryango Unity club Intwararumuri, ahafatiwe ingamba zinyuranye ku bijyanye n’ubumwe bw’Abanyarwanda.Ni ihuriro […]

Isiraheli yigambye kwangiza ikigo cya Iran gitunganya ingufu za Nikleyeri

November 17, 2024 ICK News 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli biratangaza ko ikigo cya Iran gikora ubushakashatsi ku ngufu za nikleyeri cyangijwe bikomeye n’ibitero by’indege Israheli yagabye kuri […]

COP: Impuguke zirasaba impinduka ku nama ziga ku mihindagurikire y’ikirere

November 16, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Itsinda ry’abahoze ari abayobozi n’inzobere mu bijyanye n’ikirere bavuga ko ibiganiro ngarukamwaka by’umuryango w’abibumbye, COP bitagihuye n’intego kandi ko bikeneye kuvugururwa byihutirwa. Ni ibikubiye mu […]

Gatsibo: Abikorera biyemeje kubaka gare n’isoko i Ngarama

November 16, 2024 Ishimwe Honore 0

Hashize igihe bamwe mu baturage bo mu karere ka Gatsibo, by’umwihariko mu isantere ya Ngarama basaba ubuyobozi bw’aka karere kububakira gare n’isoko bigezweho. Aba baturage […]

Kirehe: Bahangayikishijwe n’iyangirika ry’umuhanda Nyamugali-Mahama

November 16, 2024 ICK News 0

Abakoresha umuhanda Nyamugali-Mahama wo mu Karere ka Kirehe bakomeje kugaragaza impungenge z’iyangirika ryawo, ibyo bavuga ko bishobora kuzatuma haba impanuka nyinshi zishobora no gutuma abaturage […]

Posts pagination

« 1 … 165 166 167 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS