• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Ibyo wamenya ku miterere y’akazi k’ejo hazaza

January 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo nshya ya World Economic Forum igaragaza ko muri iki kinyacumi hazahangwa imirimo mishya igera kuri miliyoni 170. Ibi ngo bizaterwa n’imihindagurikire y’ubukungu n’imikorere rusange. […]

Trump arateganya guhura na Putin

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kane nibwo Donald Trump witegura kurahirira inshingano zo kuyobora Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko we na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bafite […]

USA : Inkongi y’umuriro ikomeje guhitana abantu i Los Angeles

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kugeza ubu, abantu 10 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu nkongi y’umuriro mu mujyi wa Los Angeles, imaze kwangiza inyubako zisaga ibihumbi 10,000 muri ako gace. […]

2024: Umwaka waciye agahigo ko kurenza ubushyuhe bwa 1.5ºC

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, Abashakashatsi bo mu Kigo cya Copernicus Climate Change Service (C3S) cy’ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ubumwe bw’u […]

Ikibazo cy’amazi adahagije mu Karere ka Kamonyi kiri gushakirwa umuti urambye

January 10, 2025 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu batuye mu gice cy’Amayaga kigizwe n’imirenge ya Mugina, Nyamiyaga, Nyarubaka ndetse n’igice cy’Umurenge wa Musambira barasaba ubuyobozi kubafasha kubona amazi mu buryo buhoraho. […]

Perezida Kagame yashyize umucyo ku kibazo cy’abatinda guhabwa ingurane

January 10, 2025 Dushimimana Innocent 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko bidakwiye ko hari abaturage bimurwa mu buryo butanyuze mu mucyo ku buryo hari n’abariganywa imitungo yabo. […]

Perezida Kagame yagaragaje ko kwishyurana mu madorali bidakwiye

January 9, 2025 Muvunankiko Valens 0

Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Kane taraki ya 9 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yavuze ku kwishyura no kwishyurwa mu mafaranga y’amanyamahanga bihanwa n’amategeko, […]

Impinduka ntiziraba-Perezida Kagame

January 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko impinduka zikunze gukorwa muri guverinoma ziba zigamije kuganisha igihugu ku muvuduko wifuzwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro […]

Umwanya Elon Musk yaba ahagazeho mu bakire batunze amakipe aramutse aguze Liverpool

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports […]

U Budage n’u Bufaransa byaburiye Trump ushaka kwigarurira ibihugu birimo Canada

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

U budage n’u Bufaransa byihanangirije Donald Trump kwirinda kugerageza “kwigarurira Greenland ku ngufu” nyuma y’aho Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuze ko […]

Posts pagination

« 1 … 132 133 134 … 203 »

AMAKURU MASHYA

  • Muhanga: Abanyeshuri bo muri Cyeza bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

    Urubyiruko rwo mu mashuri abanza n’ayisumbuye yo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, rwazindukiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside […]

  • No Image

    Urubyiruko rwa Diyosezi za Kabgayi na Butare rwasobanuriwe gahunda ya “Study Now, Pay Later”

    Urubyiruko ruturutse muri Diyosezi za Kabgayi na Butare rwasobanuriwe amahirwe yo gukomeza amashuri makuru na kaminuza binyuze muri gahunda ya “Study Now, Pay Later” itangwa […]

  • Perezida Kagame na Samia Suluhu bayoboye isinywa ry’amasezerano y’ubufatanye mu by’ingufu

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu mugoroba tariki 19 Gicurasi 2026, yakiriye Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, […]

  • Kenya: Abantu bane baguye mu myigaragambyo i Nairobi

    Abantu bane bamaze kwitaba Imana mu gihe abandi barenga 30 bakomerekeye mu myigaragambyo yabereye muri Kenya yamaganaga izamuka rikabije ry’ibiciro bya lisansi, ryatewe n’izamuka ry’ibiciro […]

  • Kenya: Imyigaragambyo yamagana izamuka rya lisansi yahagaritse ibikorwa byinshi i Nairobi.

    Umujyi wa Nairobi muri Kenya uri mu gihirahiro kuri uyu wa Mbere tariki 18 Gicurasi 2026, nyuma y’imyigaragambyo yamaganaga izamuka ry’ibiciro bya lisansi, ibintu byahungabanije […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS