Namibia: Hibutswe ku nshuro ya mbere ubwicanyi bwakozwe n’abakoloni b’Abadage
Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2025, Namibia yibutse ku nshuro ya mbere ubwicanyi bwakozwe n’abakoloni b’Abadage hagati ya 1904 na 1908, igikorwa cy’ingenzi mu guha […]
Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2025, Namibia yibutse ku nshuro ya mbere ubwicanyi bwakozwe n’abakoloni b’Abadage hagati ya 1904 na 1908, igikorwa cy’ingenzi mu guha […]
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yashyize umukono ku itegeko ryateje impaka, risaba abatunze imodoka bose kugura uruhushya rwa radiyo mbere yo kubona ubwishingizi bw’imodoka. BBC […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, mu mujyi wa Liverpool mu Bwongereza, Imodoka yanyuze mu mbaga y’abafana b’ikipe ya Liverpool bari mu birori byo […]
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yahakanye ibihuha byatewe n’amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugore we, Brigitte Macron, asa n’umusunika mu maso ubwo barimo gusohoka […]
Igihe kirageze ngo dutangire guha agaciro ikibazo gikomeye cy’ubuzima bw’amaso gikomeje gufata indi ntera ku isi yose by’umwihariko myopia, indwara y’amaso ituma umuntu abona neza […]
Ministeri y’Ubuzima ya Malawi yatangaje ko habonetse abandi barwayi batatu bashya ba mpox mu murwa mukuru Lilongwe, bituma umubare w’abamaze kwemezwa ko banduye icyo cyorezo […]
Abantu benshi, cyane cyane abo mu bihugu bya Afurika bakunze guhura n’ikibazo cyo kwimwa visa yo kujya mu bihugu by’i Burayi na Amerika. Uku kwimwa […]
Ibimenyetso by’uko hari ubwicanyi buri gukorerwa abazungu muri Afurika y’Epfo byagaragajwe na Donald Trump ku wa gatatu yakiriye Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa muri […]
Ku wa Kane, Leta ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yambuye Kaminuza ya Harvard uburenganzira bwo kwakira abanyeshuri b’abanyamahanga, inategeka abanyamahanga […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 22 Gicurasi 2025, abayobozi, abarezi, abanyeshuri n’abandi bakozi bagize umuryango mugari w’ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bifatanyije n’Abanyarwanda […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS