• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Kwibuka31: Hateguwe irushanwa ryo kwibuka abari abakunzi n’abakinnyi ba Basketball

April 14, 2025 Darius Shumbusho 0

Ishyirahamwe ry’umukino w’amaboko wa basketball mu rwanda (FERWABA) ku bufatanye na Komite Olempike bateguye irushanwa ryo kwibuka abagize umuryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe […]

Kirehe: Barishimira isanwa ry’Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyabitare

April 14, 2025 Habiyaremye Japhet 0

Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, bo mu Murenge wa Nyarubuye, Akarere ka Kirehe barishimira ko urwibutso ruruhukiyemo imibiri y’ababo rwasanwe nyuma y’imyaka irenga […]

Kwibuka31: Abanyapolitiki barwanyije umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi bibutswe

April 13, 2025 Philos Muhire 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hasorejwe Icyumweru cy’Icyunamo, hazirikanwa abanyapolitiki 21 bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa […]

“Turifuza u Rwanda ruzira imvugo za Bagosora” — Minisitiri Mugenzi

April 13, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa 12 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Mukarange ruherereye mu Karere ka Kayonza, habaye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi basaga […]

Ngoma: Bongeye gusaba ko kubaka Urwibutso rwa Jenoside rwa Zaza byitabwaho

April 13, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Ngoma bongeye gusaba ubuyobozi bw’Akarere ko ibikorwa bibura kugira ngo Urwibutso rwa Zaza rwuzure byashyirwa mu ngengoyimari y’akarere. […]

Ibyo wamenya ku Bepiskopi Gatolika b’u Rwanda

April 13, 2025 Umutesi Aline 0

Ku wa 2 Gashyantare 1900 ni bwo Myr Hiriti n’abo bari kumwe bageze mu Rwanda. Ku wa 8 Gashyantare uwo mwaka, Abamisiyoneri bakambitse i Save, […]

Bimwe mu byaranze tariki ya 12 Mata 1994

April 12, 2025 ICK News 0

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994, Jenoside yakorewe Abatutsi yarakomeje hirya no hino mu gihugu. Nk’uko bigaragara mu nyandiko yateguwe na Minisitiri […]

Muhanga-Shyogwe: Imyaka ibiri yo kuvana abatishoboye mu bukene iratanga icyizere

April 11, 2025 ICK News 0

Jean Baptiste Gatete na Daphrose Nyirabahenda, batuye mu Mudugudu wa Karama, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe w’Akarere ka Muhanga, barashimira ubufasha bahawe binyuze mu […]

Trump yacururutse, ariko si kuri bose  

April 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika by’agateganyo icyemezo cyo kongera imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu bimwe na […]

Alain Muku yasezeweho bwa nyuma

April 10, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Mata 2025 nibwo Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma i Rulindo aho avuka. Misa yo kumuherekeza no kumusezeraho yabereye […]

Posts pagination

« 1 … 62 63 64 … 118 »

AMAKURU MASHYA

  • Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kutayobywa n’abaharabika u Rwanda bashaka amaramuko

    Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kwirinda kuyobywa n’abantu bafite umugambi wo guharabika igihugu no gukwirakwiza amakuru agamije kugisenya, ashimangira ko urubyiruko rugomba kuba […]

  • Huye: Abakora mu ibagiro rya Matyazo basabwe kugenzura neza inkomoko y’amatungo mu kwirinda ayibwe

    Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yakomereje ubukangurambaga bwo gukumira ibyaha mu Murenge wa Ngoma, mu Karere ka Huye, iganiriza abakora mu ibagiro rya Matyazo […]

  • Kenya: Abanyeshuri 16 bapfiriye mu nkongi y’umuriro yibasiye ishuri ry’abakobwa muri Kenya

    Abanyeshuri 16 bapfuye mu gihe abandi 79 bakomerekeye mu nkongi y’umuriro yibasiye icumbi cy’ishuri ry’abakobwa rya Utumishi Academy riherereye i Gilgil mu Ntara ya Nakuru […]

  • Abadepite bagiye kujya mu ngendo zo kugenzura ibikorwa byo kongera umusaruro w’ubuhinzi

    Umutwe w’Abadepite watangaje ko Abadepite bagiye gukora ingendo rusange mu Turere twose tw’Igihugu hagamijwe kugenzura ibikorwa bijyanye no kongera umusaruro w’ubuhinzi, by’umwihariko ibihingwa ngandurarugo n’ibihingwa […]

  • Perezida Kagame yinjije ba Ofisiye bashya muri Polisi y’u Rwanda, ayishimira imyaka 25 imaze itanga umutekano

    Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yinjije ba Ofisiye bashya muri Polisi y’u Rwanda, ayishimira uruhare uruhare igira mu kubungabunga […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS