• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Ngororero: Abaturage bishimira ko amaterasi baciriwe n’umushinga Arcos yazamuye umusaruro n’imibereho

March 16, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Abaturage bo mu Kagari ka Gatega, Umurenge wa Hindiro mu Karere ka Ngororero baravuga ko amaterasi baciriwe n’umushinga Arcos yabafashije kongera umusaruro w’ubuhinzi, kurwanya isuri […]

Kabgayi: Abiga kuvura amaso bahuguwe ku kubaga hifashishijwe mikorosikopi

March 10, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, abaganga bakiri bato biga ubuvuzi bw’indwara z’amaso bahawe amahugurwa agamije kubafasha kugira ubumenyi bw’ibanze mu kubaga […]

Perezida Kagame yitabiriye inama ku ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri i Paris

March 10, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Werurwe 2026 yitabiriye inama mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’ikoreshwa ry’ingufu […]

Kabgayi: Abaganga bahuguwe ku kuvura indwara z’amaso zisaba ubutabazi bwihuse

March 10, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu rwego rwo kongerera ubumenyi n’ubushobozi abaganga mu kuvura ibibazo by’amaso byihutirwa, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi byateguye amahugurwa yihariye agamije gufasha abaganga bato kumenya uko […]

Jeannette Kagame yibukije abagore kwiyitaho

March 8, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Madamu Jeannette Kagame yasabye abagore n’abakobwa kwikunda no kwiyitaho nk’uko bakunda abandi, abasaba kwita cyane ku mibereho yabo by’umwihariko ubuzima bwo mu mutwe kugira ngo […]

Umubare w’ababagwa ishaza mu Bitaro by’Amaso bya Kabgayi wikubye kabiri mu myaka itanu

March 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi, Dr Livin Uwemeye, yatangaje ko umubare w’abarwayi babagwa indwara y’ishaza (cataract) muri ibi bitaro wikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka […]

Laurent Mbanda yatorewe kuyobora umuryango ‘witandukanyije’ na Angilikani yo mu Bwongereza

March 6, 2026 ICK News 0

Umuyobozi Mukuru w’Itorero Angilikani mu Rwanda, Musenyeri Laurent Mbanda, yatorewe kuyobora umuryango Gafcon (Global Fellowship of Confessing Anglicans), utemera amwe mu mahame y’ubuyobozi busanzweho bw’iri […]

Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi byahuguye abaganga ku guhangana n’ibibazo bishobora kuvuka mu kubaga ishaza

March 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Abaganga b’amaso bongerewe ubumenyi mu guhangana n’ibibazo bishobora kuvuga mu gihe bari kubaga ishaza

Muhanga: Abacukijwe kuri Mituweli na Leta bavuga ko bazagorwa no kwiyishyurira

March 5, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Mu minsi ishize, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko umusanzu w’Ubwisungane mu Kwivuza, uzwi nka Mutuelle de Santé, wazamuwe. Nubwo abayobozi basobanuye ko ingano y’umusanzu yagenwe […]

Minisitiri wa Siporo yashimiye Abanyarwanda ku budasa bagaragaje muri Tour du Rwanda 2026

March 3, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yashimiye Abanyarwanda ku rukundo rudasanzwe n’ubwitabire budasanzwe bagaragaje mu isiganwa rya Tour du Rwanda riheruka gusozwa. Iri rushanwa mpuzamahanga ryabaye […]

Posts pagination

« 1 … 10 11 12 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS