• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

FOOTBALL

APR FC igiye gutanga ibisobanuro ku mpamvu yikuye muri Super Cup

August 19, 2026 ICK News 0

Umuvugizi wa APR FC, Tony Kabanda, yatangaje ko iyi kipe iri gutegura ikiganiro n’itangazamakuru, aho izatanga ibisobanuro ku mpamvu yikuye mu irushanwa rya FERWAFA Super […]

Mourinho yahishuye impamvu Real Madrid itasinyishije Rodri werekeje muri FC Barcelona

August 19, 2026 Ibyimana Cofi 0

Umutoza mushya wa Real Madrid, José Mourinho, yavuze ko amakenga no kuzuyaza kwa Rodrigo Hernández “Rodri” ari byo byatumye iyi kipe ihagarika ibiganiro byo kumusinyisha, […]

Pep Guardiola aratanduka na Manchester City nyuma y’umukino wo ku Cyumweru

May 22, 2026 Ibyimana Cofi 0

Umutoza w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Pep Guardiola w’imyaka 55 y’amavuko, yatangaje ko azava muri Manchester City mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, asoza urugendo rw’imyaka 10 […]

Urubyiruko rwa ICK na HAIP rwakanguriwe guharanira kwibohora kwa Afurika

May 16, 2026 Byiringiro Patrick 0

Mu rwego rwo kwitegura Umunsi wo Kwibohora kwa Afurika wizihizwa buri mwaka ku wa 25 Gicurasi, umuryango wa Panafrican Movement (PAM) ishami rya Muhanga wakoze […]

Barcelona yatsinze Real Madrid yegukana Shampiyona

May 11, 2026 ICK News 0

Mu ijoro ryari ritegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku Isi yose, stade ya FC Barcelona yari yuzuye abafana bagera ku 62,213 bambaye amabara y’amakipe yabo. Hari […]

BK yashoye arenga Miliyari eshatu muri Shampiyona y’u Rwanda

April 24, 2026 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Mata 2026, kuri Stade Amahoro, Banki ya Kigali yasinyanye na shampiyona y’Ikiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier […]

Rwanda Premier League yahannye abakinnyi babiri bazira imyitwarire idahwitse

April 21, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwafatiye ibihano abakinnyi babiri bakinira Etincelles FC na APR FC, nyuma y’ibikorwa byabagaragayeho mu mukino w’umunsi wa 27 wabereye kuri […]

Manchester City yatsinze Arsenal, urugamba rwa Shampiyona y’u Bwongereza rurushaho gukomera

April 20, 2026 Manishimwe Janvier 0

Ikipe ya Manchester City yatsinze Arsenal FC ibitego 2-1 mu mukino wari ishiraniro, bituma ihatana ryo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza rirushaho gukomera. Uyu […]

Ese FC Barcelona na Liverpool zakora ibitangaza zigakomeza muri ½ cya Champions League?

April 14, 2026 Ibyimana Cofi 0

Imikino yo kwishyura ya UEFA Champions League irakomeza kuri uyu wa Kabiri no ku wa Gatatu, aho amakipe akomeye ku mugabane w’u Burayi agiye guhatanira […]

Kwibuka32: Arsenal yifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

April 7, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ikipe ya Arsenal ikina shampiyon y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza, yifatnyije n’Abanyarwanda mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]

Posts pagination

« 1 2 3 »

AMAKURU MASHYA

  • Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cya 2026

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2026, ugereranyije n’igihembwe nk’icyo mu 2025, […]

  • U Bushinwa bwakajije amabwiriza ku baturage bajya mu mahanga

    Ubushinwa bwakajije igenzura ku ngendo z’abaturage bajya mu mahanga, nyuma y’uko hatangiye gukurikizwa amategeko mashya agenga gusohoka no kwinjira mu gihugu. Aya mategeko aha inzego […]

  • Minisiteri y’Ubuzima yatangaje icyuho mu bakozi gituma serivisi zimwe zitanozwa neza

    Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko ubuke bw’abaganga ari kimwe mu bibazo bituma serivisi zitangirwa ku rwego rw’ubuvuzi bw’ibanze zitaragera ku rwego rwifuzwa, kuko hari abakozi basabwa […]

  • Muhanga: Barashishikariza abandi gutinyuka imyuga ngo bagire uruhare mu iterambere

    Bamwe mu bagore bakora imyuga itandukanye mu mujyi wa Muhanga bavuga ko nyuma yo gukura amaboko mu mufuka bakwitabira imyuga itandukanye, babyabateje imbere bityo bagashishikariza abandi kuyitinyuka kugira ngo bagire uruhare […]

  • Papa Leo yasabye abatuye isi kudacogora mu gushaka amahoro

    Papa Leo XIV yasabye abatuye isi gukomeza umuhate wo guharanira amahoro, kandi bagasenga kugira ngo amakimbirane n’urugomo bikomeje kwibasira ibice bitandukanye by’isi bihagarare. Ibi yabitangaje […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS