• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Amerika: TikTok yari yahagaritswe yongeye gukora

January 20, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rwasubukuye serivisi zarwo ku barenga miliyoni 170 barukoresha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bibaye nyuma y’aho Perezida watowe, Donald […]

Perezida Kagame arasaba abayobozi n’abanyamadini kurinda u Rwanda rw’ejo

January 19, 2025 Philos Muhire 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame arasaba abayobozi b’amadini n’amatorero n’abayobozi mu nzego za leta gushyira imbaraga mu kwita ku byafasha umuryango Nyarwanda kurangwa […]

2024-2029: Ibikubiye muri gahunda y’imyaka itanu y’urwego rw’ubuzima mu Rwanda

January 18, 2025 Kwihangana Joshua 0

Minisitiri Dr. Nsanzimana Sabin yatangaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’u Rwanda y’imyaka itanu, Minisiteri y’Ubuzima ishyize imbere imigambi myinshi irimo kongera abakozi mu rwego […]

Kigali : Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare

January 18, 2025 UMUTONIWASE Christella 0

Umujyi wa Kigali watangiye igerageza rya gahunda yo guhagurukira ku gihe ku modoka zitwara abagenzi mu buryo rusange, aho umugenzi atazajya arambirwa no gutegereza ko […]

Amerika yafatiye ibihano umuyobozi mukuru w’ingabo za Sudani

January 17, 2025 Muvunankiko Valens 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Abdel Fattah al-Burhan, umugaba mukuru w’ingabo za Sudani, imushinja guhitamo intambara aho kwemera ibiganiro n’umutwe wa RSF […]

Muri buri Kagari hagiye gushyirwa Post de Sante

January 16, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko hateganywa kubakwa amavuriro y’ibanze muri buri kagari ko mu Rwanda mu rwego rwo kugabanya ubucucike bukigaragara mu bitaro byo hirya no […]

Brazil: Polisi yibeshye ku ifoto ishinja umugabo ibyaha 62 abeshyerwa

January 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gihugu cya Brasil giherereye ku mugabane w’Amerika haravugwa inkuru itangaje ariko inababaje y’umugabo wafunzwe imyaka itatu arengana kubera ifoto ye yakwirakwijwe na Polisi, abatangabuhamya […]

Leta ya Tanzaniya yahakanye iby’icyorezo cya Marburg kiri muri iki gihugu

January 16, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Tanzania yahakanye raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ivuga ko icyorezo cya Marburg, cyadutse mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu. Ikinyamakuru The Tanzania Times, […]

‘Ndi umunyabyaha nk’abandi bose’-Papa Fransisiko

January 16, 2025 Umutesi Aline 0

Mu gitabo cye gishya cyitwa “Ibyiringiro: Ubuzima Bwanjye”, Papa Fransisiko agaruka ku rugendo rwe rwo kuva mu bwana mu mujyi wa Buenos Aires kugera ku […]

Haiti: Abarenga miliyoni bamaze kuva mu byabo kubera umutekano muke

January 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rivuga ko abantu barenga miliyoni imwe muri Haiti bamaze gukurwa mu ngo zabo kubera ukwiyongera gukabije kw’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro mu murwa […]

Posts pagination

« 1 … 88 89 90 … 131 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS