• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Perezida Biden yahamijeko iyo yiyamamaza aba yaratsinze Trump

January 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu ‘White House’, Perezida ucyuye igihe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari kuba […]

Rulindo&Gicumbi: Hatangijwe Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’

January 11, 2025 Ishimwe Honore 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2024, Abayobozi b’Uturere twa Gicumbi na Rulindo batangije ku mugaragaro Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’. Rulindo Mu […]

Ibyo wamenya ku miterere y’akazi k’ejo hazaza

January 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo nshya ya World Economic Forum igaragaza ko muri iki kinyacumi hazahangwa imirimo mishya igera kuri miliyoni 170. Ibi ngo bizaterwa n’imihindagurikire y’ubukungu n’imikorere rusange. […]

Trump arateganya guhura na Putin

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kane nibwo Donald Trump witegura kurahirira inshingano zo kuyobora Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko we na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bafite […]

USA : Inkongi y’umuriro ikomeje guhitana abantu i Los Angeles

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kugeza ubu, abantu 10 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu nkongi y’umuriro mu mujyi wa Los Angeles, imaze kwangiza inyubako zisaga ibihumbi 10,000 muri ako gace. […]

2024: Umwaka waciye agahigo ko kurenza ubushyuhe bwa 1.5ºC

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, Abashakashatsi bo mu Kigo cya Copernicus Climate Change Service (C3S) cy’ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ubumwe bw’u […]

Perezida Kagame yashyize umucyo ku kibazo cy’abatinda guhabwa ingurane

January 10, 2025 Dushimimana Innocent 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko bidakwiye ko hari abaturage bimurwa mu buryo butanyuze mu mucyo ku buryo hari n’abariganywa imitungo yabo. […]

Perezida Kagame yagaragaje ko kwishyurana mu madorali bidakwiye

January 9, 2025 Muvunankiko Valens 0

Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Kane taraki ya 9 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yavuze ku kwishyura no kwishyurwa mu mafaranga y’amanyamahanga bihanwa n’amategeko, […]

Umwanya Elon Musk yaba ahagazeho mu bakire batunze amakipe aramutse aguze Liverpool

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports […]

U Budage n’u Bufaransa byaburiye Trump ushaka kwigarurira ibihugu birimo Canada

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

U budage n’u Bufaransa byihanangirije Donald Trump kwirinda kugerageza “kwigarurira Greenland ku ngufu” nyuma y’aho Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuze ko […]

Posts pagination

« 1 … 85 86 87 … 125 »

AMAKURU MASHYA

  • Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kutayobywa n’abaharabika u Rwanda bashaka amaramuko

    Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kwirinda kuyobywa n’abantu bafite umugambi wo guharabika igihugu no gukwirakwiza amakuru agamije kugisenya, ashimangira ko urubyiruko rugomba kuba […]

  • Huye: Abakora mu ibagiro rya Matyazo basabwe kugenzura neza inkomoko y’amatungo mu kwirinda ayibwe

    Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yakomereje ubukangurambaga bwo gukumira ibyaha mu Murenge wa Ngoma, mu Karere ka Huye, iganiriza abakora mu ibagiro rya Matyazo […]

  • Kenya: Abanyeshuri 16 bapfiriye mu nkongi y’umuriro yibasiye ishuri ry’abakobwa muri Kenya

    Abanyeshuri 16 bapfuye mu gihe abandi 79 bakomerekeye mu nkongi y’umuriro yibasiye icumbi cy’ishuri ry’abakobwa rya Utumishi Academy riherereye i Gilgil mu Ntara ya Nakuru […]

  • Abadepite bagiye kujya mu ngendo zo kugenzura ibikorwa byo kongera umusaruro w’ubuhinzi

    Umutwe w’Abadepite watangaje ko Abadepite bagiye gukora ingendo rusange mu Turere twose tw’Igihugu hagamijwe kugenzura ibikorwa bijyanye no kongera umusaruro w’ubuhinzi, by’umwihariko ibihingwa ngandurarugo n’ibihingwa […]

  • Perezida Kagame yinjije ba Ofisiye bashya muri Polisi y’u Rwanda, ayishimira imyaka 25 imaze itanga umutekano

    Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yinjije ba Ofisiye bashya muri Polisi y’u Rwanda, ayishimira uruhare uruhare igira mu kubungabunga […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS