• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

DR Congo: Inyeshyamba za CODECO zishe abarenga 50 mu ntara ya Ituri

February 12, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Abarwanyi bitwajwe intwaro mu majyaruguru y’iburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bishe abaturage barenga 51 mu bitero byabaye ku wa Mbere, nk’uko abategetsi bo […]

Polisi y’u Butaliyani yataye muri yombi abarenga 130 mu mukwabu wo guhashya abamafia

February 12, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku wa Kabiri, muri Sicile i Palermo, abantu barenga 130 batawe muri yombi mu mukwabu wakozwe na polisi y’u Butaliyani mu rwego rwo guhashya ababarizwa […]

Saint Valentin ntabwo ari umunsi wo kuryamana – Kardinali Kambanda

February 11, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Kardinali Kambanda avuga ko umunsi w’abakunda (Valentine’s Day) atari umunsi wo kuryamana ku […]

Rulindo: Abantu 20 bahitanwe n’impanuka ikomeye y’imodoka

February 11, 2025 Ishimwe Honore 0

Abantu 20 ni bo bamaze kumenyekana ko bapfiriye mu mpanuka y’imodoka itwara abagenzi yavaga i Kigali yerekeza i Rubavu kuri uyu wa Kabiri. Iyi bisi […]

Abarimo Elon Musk barashaka kugura OpenAI ifite ChatGPT

February 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Itsinda ry’abashoramari riyobowe na Elon Musk ryatanze miliyari 97.4 z’amadolari zo kugura ikigo cya OpenAI, gikora ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano (AI) rya ChatGPT. Ibi byemejwe n’umwunganizi […]

Guatemala: Abarenga 50 bamaze kugwa mu mpanuka ya ‘bus’

February 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gitondo cyo kuwa mbere, tariki ya 10 Gashyantare 2025, bisi yerekezaga mu murwa mukuru wa Guatemala ivuye mu mujyi wa San Agustin Acasaguastlan, ubwo […]

Over 9,200 Individuals Investigated for Corruption in the Last Five Years

February 10, 2025 ICK News 0

The Secretary General of Rwanda Investigation Bureau (RIB), Col (Rtd) Janot Ruhunga, has revealed that in the past five years, RIB has handled 4,437 corruption-related […]

Ingabo za Sudani zigiye gushyiraho guverinoma nshya nyuma yo gufata umurwa mukuru

February 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Umuyobozi w’ingabo za Sudani yavuze ko hagiye gushyirwaho guverinoma y’inzibacyuho mu gihe kitarambiranye, nyuma yo kwigarurira umurwa mukuru, Khartoum, mu ntamabara igisirikare cy’igihugu gihanganyemo n’umutwe […]

Trump na Putin baganiriye ku irangizwa ry’intambara muri Ukraine

February 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko yagiranye ikiganiro na mugenzi we w’Uburusiya, Vladimir Putin, kuri telefoni ku bijyanye no guhagarika […]

Mali: Abantu barenga 50 biciwe mu gitero cy’abagizibanabi

February 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Abantu barenga 50 biciwe hafi y’umujyi wa Gao uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali nyuma y’uko abagizibanabi bitwaje intwaro bateze imodoka zarimo abaturage ndetse n’izindi […]

Posts pagination

« 1 … 86 87 88 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

  • Gutinya gukora ngo udakora ikosa, na byo ni ikosa – Perezida Kagame abwira abayobozi ba Afurika

    Perezida Paul Kagame yavuze ko imwe mu mbogamizi zituma Afurika itagera ku ntego zayo ari umuco wo gutinda gushyira mu bikorwa ibyemezo byafashwe, aho ibintu […]

  • Afurika ifite byose ikeneye kugira ngo itere imbere – Perezida Kagame

    Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ifite abantu, umutungo kamere n’amateka akwiye kuba yarayigishije amasomo ahagije, ariko ko hakiri ikibazo cy’imyumvire n’imikorere bituma uyu mugabane […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS