• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

DR Congo: Abepiskopi Gatolika bamaganye igihano cy’urupfu Kabila yakatiwe

October 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye igihano cy’urupfu urukiko rukuru rwa gisirikare rwakatiye uwahoze ari Perezida w’icyo gihugu, Joseph Kabila, bavuga […]

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya, abasaba gushyira imbere inyungu z’Abanyarwanda

October 6, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Mbere, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye indahiro z’abayobozi bashya muri Guverinoma, mu muhango wabereye muri Village Urugwiro. Mu butumwa […]

OpenAI igiye gukoresha ‘chips’ za AMD mu mishinga yayo y’ikoranabuhanga

October 6, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Nyuma y’icyumweru kimwe gisinyanye amasezerano ya miliyari 100 z’amadolari na sosiyete ya Nvidia, ikigo gikora ibijyanye n’ubwenge bw’ubukorano OpenAI cyongeye gutangaza amasezerano mashya n’uruganda ruhanganye […]

Karongi: Abaturage ba Mubuga barasaba ko hasubizwaho akagoroba k’ababyeyi

October 6, 2025 ICK News 0

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mubuga mu Karere ka Karongi, bavuga ko akagoroba k’ababyeyi katakibaho nyamara karabafashaga gukemura amwe mu makibirane yaberaga mu […]

U Bufaransa: Minisitiri w’Intebe yeguye hashize igihe kitageze ku kwezi ashyizweho

October 6, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, Sébastien Lecornu, yeguye ku mirimo ye nyuma y’iminsi 26 ashyizweho, ndetse n’amasaha make nyuma yo gutangaza urutonde rw’abaminisitiri bagombaga kumufasha muri […]

Muhanga: Abaturage ba Nyamabuye bahangayikishijwe n’ubujura bwafashe indi ntera

October 6, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Abaturage batuye n’abakorera mu mujyi wa Muhanga, by’umwihariko ahazwi nko mu Rutenga mu Kagari ka Gahogo, mu Murenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga, baratabaza […]

CAF Champions League: APR FC yasezerewe na Pyramids FC

October 5, 2025 ICK News 0

Ikipe ya APR FC yasezerewe rugikubita muri CAF Champions League nyuma yo gutsindwa na Pyramids FC yo mu Misiri ibitego 3-0 mu mukino wo kwishyura […]

Muhanga: Batatu batawe muri yombi bakekwaho gucuruza urumogi

October 4, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abantu batatu barimo abagabo babiri n’umugore umwe, bakekwaho gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge by’urumogi. Aba bafashwe […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare 632

October 4, 2025 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Paul Kagame, yazamuye mu ntera abasirikare 632 bari basanzwe bafite ipeti rya Sous-Lieutenant, […]

No Image

Sean “Diddy” Combs yakatiwe igifungo cy’imyaka ine

October 4, 2025 Kabano Patrick 0

Ku wa Gatanu tariki 3 Ukwakira 2025, umuraperi w’Umunyamerika Sean Diddy Combs yakatiwe igifungo cy’imyaka 4 n’amezi 2 n’urukiko rwo muri Leta ya New York, […]

Posts pagination

« 1 … 47 48 49 … 135 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS