• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Should couples reveal their past before marriage?

February 20, 2026 ICK News 0

As couples prepare for marriage and a life together, one question often arises: is it necessary to share every secret from the past? In everyday […]

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Perezida yakatiwe igifungo cya burundu

February 19, 2026 ICK News 0

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Yoon Suk Yeol, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha […]

Perezida Kagame yakiriye bamwe mu bitabiriye Inama Mpuzamahanga y’Uburezi

February 19, 2026 ICK News 0

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, yakiriye bamwe mu bayobozi b’abafatanyabikorwa bitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Burezi, barimo […]

Abakristu Gatolika batangiye igisibo ku wa Gatatu w’Ivu, Papa abahamagarira kwiyiriza ubusa no kwirinda amagambo akomeretsa.

February 18, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Gashyantare 2026, abakristu Gatolika ku isi hose batangiye Igihe cy’Igisibo cy’iminsi 40, kibategurira kwizihiza Pasika yibutsa ububabare, urupfu […]

Gisagara: Hizihijwe umunsi w’umuhinzi, bakangurirwa guhinga imbuto nshya y’ibigori idakangwa n’ibihe

February 18, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Ku wa Kabiri tariki ya 17 Gashyantare 2026, mu Murenge wa Save, mu Karere ka Gisagara, hizihijwe Umunsi w’Umuhinzi, abahinzi bamurikirwa imbuto z’indobanure z’ibigori zirimo […]

Muhanga: Hasojwe Urugerero rw’Inkomezabigwi, Intore zisabwa gukomeza kuba umusemburo w’ibyiza

February 17, 2026 ICK News 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yasabye Intore z’Inkomezabigwi gukomeza kuba umusemburu w’impinduka aho batuye no kuguma ku ruhembe mu guteza imbere Igihugu no gusigasira […]

Obama uherutse kuvuga ko ibivejuru bibaho yisobanuye

February 17, 2026 ICK News 0

Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasobanuye ko amahirwe ko Isi yaba isurwa n’ibiremwa byo mu isanzure bizwi nka ‘aliens’ […]

Tour du Rwanda yagarutse: Menya amateka n’iterambere by’iri siganwa

February 16, 2026 ICK News 0

Harabura iminsi ibarirwa ku ntoki kugira ngo irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare Tour du Rwanda 2026 rikinwe ku nshuro ya 18 kuva ryagirwa mpuzamahanga […]

Gukunda Bikira Mariya bigomba kugaragazwa n’imbuto mwera – Myr Ntivuguruzwa abwira abiga muri ETG Gitumba

February 15, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yabwiye abanyeshuri biga mu Ishuri ryisumbuye rya ETG Gitumba ko kuvuga ko bakunda Bikira Mariya bigomba […]

Don’t Let Love Blind You

February 14, 2026 Philos Muhire 0

As people around the world celebrate Valentine’s Day, it is also a timely moment to reflect on a growing danger in our digital age: romance […]

Posts pagination

« 1 … 24 25 26 … 135 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS