• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Abanyeshuri ba ICK na EAUR bungutse ubumenyi bwo gukora inkuru zicukumbuye

January 23, 2026 ICK News 0

Ku wa Kane, tariki ya 22 Mutarama 2026, abanyeshuri 31 biga itangazamakuru mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na East Africa University Rwanda basoje […]

Buri wese yahawe arenga miliyoni 190FRW: Perezida wa Sénégal yahembye ikipe y’igihugu yatwaye CAN

January 22, 2026 Ibyimana Cofi 0

Nyuma yo gutsinda Morroco ku mukino wa nyuma igitego 1- 0  Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye, yafashe icyemezo cyo kugenera  agahimbazamusyi kadashanzwe abakinnyi, abatoza n’abandi […]

U Buyapani: Uwishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe yakatiwe igifungo cya burundu

January 21, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Tetsuya Yamagami wishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe, yakatiwe igifungo cya burundu, nyuma y’imyaka itatu n’igice amurasiye mu ruhame akamwica mu mwaka […]

No Image

Australia yakajije amategeko yo gutunga intwaro nyuma y’igitero cy’i Bondi

January 20, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Amategeko mashya akaze muri Australia agenga intwaro yemejwe kuri uyu wa Kabiri, arimo gahunda yo kugura no gukusanya intwaro ziri mu baturage, kugabanya iyinjizwa ry’intwaro […]

Umusifuzi Jabo Aristote wanze igitego cya APR FC yahanwe

January 20, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryafatiye ibihano umusifuzi Jabo Aristote, rimuhagarika gusifura imikino ine, kubera amakosa yabaye mu mukino wahuje APR FC […]

Papa Leo XIV arateganya gusura ibihugu bine bya Afurika muri Werurwe 2026

January 19, 2026 Philos Muhire 0

Karidinali Fridolin AMBONGO, Perezida w’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi Gatolika muri Afurika yatangaje ko mu kwezi kwa Werurwe 2026, Papa Leo XIV azagirira uruzinduko ku mugabane wa […]

Muhanga-Shyogwe: Barasaba gusubizwa imirima bavuga ko banyazwe

January 19, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bahoranye imirima mu gishanga giherereye mu Kagari ka Kinini, mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, ubu Igororero rya Muhanga rikaba rigitwikiramo […]

Abasenateri bagiye gusura abaturage harebwa iterambere ry’ubworozi

January 17, 2026 ICK News 0

Sena y’u Rwanda igiye gusura abaturage mu gihugu hose, hagamijwe kureba ibikorwa mu guteza imbere ubworozi. Byatangajwe na Sena ku wa Gatanu tariki ya 16 […]

Canada n’u Bushinwa byinjiye mu mikoranire mishya

January 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]

Uganda: Museveni yanikiriye Bobi Wine mu byavuye mu matora by’agateganyo

January 16, 2026 Manishimwe Janvier 0

Imibare y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’Amatora muri Uganda yagaragaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni ari imbere cyane mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ku majwi arenga bitatu […]

Posts pagination

« 1 … 25 26 27 … 131 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS