• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Amerika yahagaritse guha Visa abaturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda

January 15, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]

No Image

Dr. Mugemana Charles wari umuganga wa Rayon Sports yitabye Imana

January 14, 2026 Manishimwe Janvier 0

Dr. Mugemana Charles, wari umuganga wa Rayon Sports mu myaka isaga 30 ishize, yitabye Imana azize uburwayi, nyuma y’igihe yari amaze arwariye mu Bitaro Bikuru […]

Amavubi yatandukanye n’umutoza Adel Amrouche

January 14, 2026 ICK News 0

Ishyirahamwe ry’Umupirwa w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryahagaritse ku mirimo Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo, Amavubi, Adel Amrouche nyuma yuko atubahirije ibikubiye mu masezerano. […]

Amarembo arafunguye – Musenyeri Ntivuguruzwa abwira abifuza gushyigikira ishingwa ry’ishuri ry’umuziki

January 11, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yabwiye abifuza gushyigikira igikorwa cyo gushinga ishuri rihoraho ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi ko amarembo afunguye. […]

Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi

January 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Jean de Dieu Uwihanganye yatangaje ko kuba umuriro w’amashanyarazi ukomeje kubura bya hato na hato mu gihugu, bishingiye ku […]

RDB yagabanyije igiciro cyo gusura ingagi

January 6, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko koroshya igiciro cy’uruhushya rwo gusura ingagi zo mu Birunga bizageza tariki ya 31 Ukuboza 2026, mu rwego rwo gukomeza guteza […]

Igiciro cya zahabu cyazamutse nyuma y’uko Amerika iteye Venezuela igashimuta Maduro

January 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

No Image

Ngoma: Inkuba yakubise abantu 15, icyenda bahita bapfa

January 5, 2026 ICK News 0

Mu masaha ya Saa Kumi n’Imwe n’igice z’umugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 4 Mutarama 2026, inkuba yakubise abantu 15, icyenda muri bo bahita bitaba […]

Abana bakivuka bazajya bakingirwa Hepatite B

January 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rwatangije ku mugaragaro gahunda yo guha urukingo rw’indwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B (Hepatite B) abana bose bavuka, rutangwa mu masaha 24 […]

Trump yemeje ko Amerika yateye Venezuela ifata Perezida Maduro

January 3, 2026 ICK News 0

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma […]

Posts pagination

« 1 … 26 27 28 … 131 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS