Kwizigamira: Isoko y’amasaziro meza
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Bwana Mugabo Gilbert yongeye kwibutsa abakiri bato kwizigamira kugira ngo bazagire amasaziro meza. Ibi byavuzwe kuri […]
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Bwana Mugabo Gilbert yongeye kwibutsa abakiri bato kwizigamira kugira ngo bazagire amasaziro meza. Ibi byavuzwe kuri […]
Abakoresha umuhanda Nyabugogo-Nyabyondo barasaba ko wakorwa kugira ngo batandukane n’ivumbi mu gihe cy’izuba n’icyondo mu gihe cy’imvura. Ikindi abakoresha uyu muhanda bagaragaza nk’imbogamizi ni umwijima […]
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) kirasaba abaturage kwirinda gusesagura amazi muri iki gihe cy’impeshyi. Ibi byatangajwe nyuma y’uko mu bice bimwe na […]
Mu gihe benshi bakunda gusohokera no kwinezereza mu mazu azwi nka ‘Sauna’, abashakashatsi baragira inama abantu kwitondera gukoresha sauna ishyushye cyane kuko bishobora kugira ingaruka […]
Minisitiri w’Uburezi, Hon. Twagirayezu Gaspard arashima uruhare rwaKiliziya Gatolika mu guteza imbere uburezi bufite ireme ku bana b’u Rwanda. Ibi yabivugiye mu birori byo gusoza […]
Mu birori byo guhimbaza umunsi mukuru w’Ishuri rya Fr. Ramoni Kabuga TSS riherereye mu Murenge wa Ngamba, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Sylvere Nahayo yijeje […]
Mu kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w’Ubwisansure bw’Itangazamakuru mu Rwanda, abanyamakuru bagaragaje imbogamizi zinyuranye zituma badatara cyangwa ngo batangaze inkuru ku ihindagurika ry’ikirere n’ibidukikije mu buryo bufatika. […]
Kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Mata 2023, Abagize umushinga Women Progress Family (WPF) basuye abanyeshuri baterwa inkunga n’uyu mushinga biga mukigo cya G.S Kaganza […]
Kuri uyu wa 10 Mata 2024, Umuryango mugari w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) wizihije umunsi mukuru wa Eid al-Fitir usoza igisibo bari bamazemo iminsi. Umuhango wo […]
Abagore bo mu Karere ka Muhanga barashima uruhare rwa Leta y’u Rwanda mu guha umugore ubwisanzure mu gihe cy’imyaka 30 ishize kuko ari kimwe mu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS