• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by IKUNDABAYO Pauline

Ni muntu ki? Ibyo wamenya kuri Dr. Ngirente, Minisitiri w’Intebe

August 18, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu w’iki cyumweru, tariki ya 14 Kanama 2024, Dr. Edouard Ngirente yarahiriye kongera kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma yo gusoza imyaka irindwi […]

Menya ibigenerwa Abayobozi batanu bakuru mu Rwanda

August 9, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Benshi mu bantu bakunze kwibaza ibibazo binyuranye ku bijyanye n’umushahara ndetse n’ibindi bigenerwa abayobozi bakuru. Rimwe na rimwe hari igihe babona igisubizo cyangwa kikabura. Gusa, […]

Abanyarwanda babiri bagaragaweho ‘Monkeypox’, RBC Itanga Umuburo

July 28, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu Rwanda hamaze kugaragara babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende izwi nka ‘Monkeypox’. RBC ivuga ko abo iyi ndwara […]

ICK: Umwe mu banyeshuri yitabye Imana

July 25, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Nyakanaga 2024 nibwo humvikanye inkuru mbi ko Uzamurera Margaritte wari umunyeshuri muri ICK yitabye Imana. Uzamurera yari umunyeshuri […]

Saving for a Secure Future: A Key to Quality Aging

July 25, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Mr. Mugabo Gilbert, the Vice Mayor of Muhanga District in charge of Social Affairs, has once again emphasized the importance of saving for the future […]

Kwizigamira: Isoko y’amasaziro meza

July 25, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Bwana Mugabo Gilbert yongeye kwibutsa abakiri bato kwizigamira kugira ngo bazagire amasaziro meza. Ibi byavuzwe kuri […]

Kigali: Barasaba ikorwa ry’umuhanda Nyabugogo -Nyabyondo

July 20, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Abakoresha umuhanda Nyabugogo-Nyabyondo barasaba ko wakorwa kugira ngo batandukane n’ivumbi mu gihe cy’izuba n’icyondo mu gihe cy’imvura. Ikindi abakoresha uyu muhanda bagaragaza nk’imbogamizi ni umwijima […]

WASAC iributsa abaturage kwirinda gusesagura amazi mu gihe cy’impeshyi

July 9, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) kirasaba abaturage kwirinda gusesagura amazi muri iki gihe cy’impeshyi. Ibi byatangajwe nyuma y’uko mu bice bimwe na […]

‘Sauna’ ishyushye cyane si nziza- Menya ibishobora kwangiza udusabo tw’intanga

July 3, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu gihe benshi bakunda gusohokera no kwinezereza mu mazu azwi nka ‘Sauna’, abashakashatsi baragira inama abantu kwitondera gukoresha sauna ishyushye cyane kuko bishobora kugira ingaruka […]

Minisitiri Twagirayezu yashimye uruhare rwa Kiliziya mu burezi

June 9, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Minisitiri w’Uburezi, Hon. Twagirayezu Gaspard arashima uruhare rwaKiliziya Gatolika mu guteza imbere uburezi bufite ireme ku bana b’u Rwanda. Ibi yabivugiye mu birori byo gusoza […]

Posts pagination

« 1 … 11 12 13 »

AMAKURU MASHYA

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

  • Muhanga: Abaturiye ICK bishimira impinduka abanyeshuri bazanye ku bucuruzi

    Bamwe mu baturage baturanye n’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bavuga ko imibereho yabo ikomeje gutera imbere kubera uruhare rugaragara ku bucuruzi rwazanywe n’abanyeshuri biga […]

  • Muhanga: Bamwe mu banyeshuri barishimira gahunda nzamurabushobozi mu myigire 

    Bamwe mu banyeshuri bo mu Karere ka Muhanga batsinzwe amasomo amwe n’amwe barishimira gahunda nzamurabushobozi mu myigire kugira ngo bazatangire amasomo muri Nzeri bari ku rwego […]

  • Muhanga: Bamwe mu baturage barinubira amazi meza adahagije

    Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Muhanga bavuga ko bamaranye igihe ikibazo cy’amazi meza adahagije, ndetse n’aje rimwe na rimwe akaba asa nabi, bikabagiraho […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS